MU Rwanda
Kayonza: Bahangayikishijwe n’inyubako z’ikigo nderabuzima ...
Abivuriza n’abakora ku kigo nderabuzima cya Kageyo, giherereye mu murenge wa Mwiri wo mur’aka karere, bahangayikishijwe n'uko inyubako...
Uruhare rw’abagore mu ngo zabo rwatumye baguka mu mitekerereze
Bamwe mu bagore bitinyutse bavuga ko bashingiye ku buryo basigaye bafatiye runini ingo zabo byabafashije kwaguka mu mitekerereze ijyanye...
Muhanza: Abatuye mu misozi miremire barashima materasi...
Abatuye mu Mirenge igizwe n'imisozi Miremire yo mur’aka karere baravuga ko nyuma y'aho ubuyobozi bubafashirije guca amaterasi y'indinganire,...
Kicukiro: Barishimira ko bubakiwe ikiraro kigezweho ariko...
Nyuma y’uko tubagejejeho inkuru y’abaturage batuye mu murenge wa Gatenga umudugudu wa bigo, bari bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ibiraro...
Kayonza: imiryango 16 yorojwe inka mu gufasha abagore bayirimo
Imiryango 16 yo mu murenge wa Rukara wo mur’aka karere, yorojwe inka mu rwego rwo gufasha abagore bayigize kubaka umuryango utekanye...
Abanyarwanda ntibavuga rumwe ku miti yongera akanyabugabo,...
Abanyarwanda ntibavuga rumwe ku ishingiro ry’imiti yamamazwa ko yongera akanyabugabo, bamwe bavuga ko iyo miti ihari ndetse ikora,...
Abagore bakora mu mirimo yo munda y'isi barashimwa ku musaruro...
Kuri uyu wa 6 ubwo hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’abagore, abagore bakora imirimo yo gucukura amabuye y’agaciro mu nda y’isi mu bice...
Abacikishirije amashuli yisumbuye bagiye gufashwa kuyasoza...
Minisiteri y'Urubyiruko n'Iterambere ry'Ubuhanzi iravuga ko abacikirije amashuri yisumbuye bagiye gufashwa kuyasubukura hiyongeyeho...
Barasabwa kugira ubushishozi batumiza ibicuruzwa bifashishije...
Bamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali, ntibahuriza hamwe ku gikorwa cyo kugura bimwe mu bicuruzwa babitumije mu mahanga bifashishije...
Imyaka y'umuntu n'uburambe ni inzitizi ku bapiganira akazi...
Hari abantu bagaragaza ko ibigo bya Leta n'ibyigenga mu gutanga akazi bishyiraho amananiza y'uko umuntu agomba kuba atarengeje imyaka...
Kiny
Eng
Fr





