MU Rwanda
Nyamagabe: Hari imiryango imaze kwivana mu bukene, ikataje...
Mu karere ka Nyamagabe, abaturage bari mu mibereho mibi, bavuga ko nyuma y'aho hatangirijwe gahunda yo kwivana mu bukene, ubufasha...
Politike yo gukemura amakimbirane hatisunzwe inkiko iracyarimo...
Minisiteri y’ubutabera mu Rwanda iravuga ko nubwo politike yo gukemura amakimbirane hatisunzwe inkiko irushaho kugenda itanga umusaruro...
Amajyepfo: Barasaba insina zijyanye n’igihe zabafasha kuvugurura...
Abaturage bifuza kuvugurura ubuhinzi bw'urutoki barasaba ko bafashwa kubona insina zigezweho kuko izo basanganywe babona zitakibaha...
RIB irasaba abantu kwitandukanya n'igikorwa cyo kwihanira
Mu gihe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rutangaza ko kwihanira uwakoze icyaha ari kimwe mu bigize icyaha ndetse bihanwa n’amategeko...
Ikibazo cyatezaga ibura ry'umuriro rya hato na hato cyamenyekanye
Abaturage baribaza ibibazo bya tekinike bituma umuriro ubura bikabatera ibihombo bityo bagasaba ko byakemurwa mu buryo bwihuse.
Abahinzi ba koperative barasaba kurenganurwa ku mushoramari...
Abahinzi b'ibigori n’imboga mu gishanga cya Kinosho giherereye mu karere ka Rwamagana baravuga ko umukire waje 2000 asanga bagihingamo...
Kudaca imyeyo biri mu bikurura amakimbirane mu bashakanye,...
Mu gihe leta y’u Rwanda ishyize imbaraga mu kubaka umuryango uzira amakimbirane, hari bamwe mu Banyarwanda bavuga ko hari amakimbirane...
Nyabihu-Kintobo: Bamaze imyaka isaga 3 bahinga ibigori...
Abaturage bahinga ibigori mu murenge wa Kintobo baravuga ko bamaze imyaka isaga 3 bahinga ibigori bikarumba kubera imbuto mbi bahabwa....
Barasaba kwegerezwa cotex zikoreshwa inshuro irenze imwe
Hari abagore n’abakobwa basaba kwegerezwa ibikoresho by’isuku bifashisha mu gihe cy’imihango bikoreshwa inshuro irenze imwe, ku buryo...
Gatsibo: Barasaba ko abarwayi b'amikoro make boroherezwa...
Abarwayi n'abarwaza mu bitaro bya Kiziguro mu karere ka Gatsibo bavuga ko hari ubwo baba bafite amafaranga make bakagorwa no kugura...
Kiny
Eng
Fr





