MU Rwanda
Ibyo u Rwanda rusabwa kugira ngo ubukungu bwarwo buzazamuke...
Impuguke muby’ubukungu ziravuga ko bishoboka ko ubukungu bw’u Rwanda bushobora kuzamuka bukagera ku gipimo cya 7.8% mur’uyu mwaka...
Green Gicumbi: Abasazuriwe amashyamba barasaba inguzanyo...
Bamwe mubaturage bahinga amashyamba mu karere ka gicumbi[ bayasazuriwe] baravuga nubwo bafite icyizere ko umusaruro wabo uziyongera...
Rwamagana: Inama za hato na hato ku karere zahagaritswe...
Ubuyobozi bw’akarere ka Rwamagana bwahagaritse inama za hato na hato zategurwaga n’abakozi b’amashami mu karere, zigatumirwamo abayobozi...
Ngoma : Bamwe mu bahinzi b'ibigori bavuga ko hari icyizere...
Bamwe mu bahinzi b'ibigori mu karere ka Ngoma baravuga ko nubwo izuba ryabakomye mu nkokora igihe gito,bakurikije inama bagiriwe ku...
Huye: Akarere n'umukoresha w'abatunganya imyanda birengagije...
Mu Karere ka Huye bamwe mu bakora ahatunganyirizwa imyanda ikurwa hirya no hino mu mujyi wa Huye barasaba ko amafaranga bahabwa ku...
Inzego z'ibanze zirasaba uruhare rw'abaturage mu bibakorerwa
Bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze baravuga ko kugirango imishinga ifitiye abaturage akamaro itange umusaruro, bisaba ko mu kuyitegura...
Rwamagana: Amafaranga ya koperative "Group Agaciro" y'abafite...
Abanyamuryango ba koperative Group Agaciro y’abafite ubumuga mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana baravuga ko ubuyobozi bwayo...
Abanyonzi barasaba kwigishwa amategeko y’umuhanda
Abakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku magare bazwi nk’abanyonzi, barasaba guhabwa amahirwe yo kwiga amategeko y’umuhanda mu...
Amabwiriza agenga iburanisha ry'imanza zerekeye ibyaha...
Impuguke mu by’amategeko zishyigikiye ishyirwaho ry’amabwiriza agenga iburanisha ry’imanza zerekeye ibyaha mpuzamahanga nyuma yuko...
Abarangije amasomo y'amategeko muri ILPD barasabwa kuba...
Minisiteri y'ubutabera mu Rwanda iravuga ko abize amategeko n'abakora mu nzego z'ubutabera bakwiye kurushaho kurangwa n'ubunyamwuga...
Kiny
Eng
Fr





