MU Rwanda
Ngoma: Kubaka umuhanda Ngoma- Ramiro bigeze kure
Ubuyobozi bw'intara y'Iburasirazuba buvuga ko imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Ngoma-Ramiro igeze ahashimishije kuko ahari...
Gakenke: Abasigaye batuye ahari kubakwa urugomero bahangayikishijwe...
Imiryango yo mu murenge wa Muhondo ivuga ko iri guhangana n’ibibazo by’urugomo n’umutekano muke, nyuma yaho imiryango imwe yimuwe...
Kayonza: Aborozi b’inka biteze umusaruro mu guhinga 70%...
Aborozi b'inka bo mur’aka karere baravuga ko gahunda yo kubemerera guhinga 70% by'inzuri zabo babona izatanga umusaruro. Ubuyobozi...
Burera: Abari guhinga amasaka bari gucibwa amafaranga abandi...
Abahinzi bo mu bice bitangukanye mu karere ka Burera barinubira ko uri guhinga amasaka ari gucibwa amafaranga abandi bagafungwa n'inzego...
Gusubira ku isuka abantu babigize igitutsi - Minisitiri...
Abagize komisiyo ya politike, ubwuzuzanye bw'abagabo n'abagore mu iterambere ry'igihugu mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, umutwe...
Ikibazo cy'Abangavu baterwa inda gikomeje gushakirwa umuti...
Kuwa Gatanu ihuriro ry’imiryango ifite aho ihuriye n’urubyiruko ariyo NUDOR, LWD, FAWE n'izindi nzego zitandukanye bahuriye mu biganiro...
Burera: Kugabanya amakimbirane yo mungo byahinduye imibereho...
Mukarere ka Burera hari bamwe mu baturage bavuga ko mbere imibereho yabo yari hasi cyane kubera imyumvire, bikaba byaratumaga bashobora...
Huye: Gushakisha imibiri y'Abatutsi mu isambu y'umuturage...
Mu Karere ka Huye, ubuyobozi bwa IBUKA buravuga ko kugirango ubumwe n'ubudaheranwa bugerweho uko bikwiye, abantu bakwiye gutanga amakuru...
Urubyiruko rurasabwa guhitamo icyiza bakirinda ababashuka
Tariki 1 Gashyantare buri mwaka u Rwanda rwizihiza umunsi w’Intwari z’igihugu, ni mu gihe hashize imyaka igera kuri 30 twibuka Intwari...
Abanyarwanda bafite umukoro n'inshingazo byo kurinda igihugu...
Kuri uyu wa 4 hirya no hino mu gihugu hizihijwe umunsi mukuru wahariwe Intwari z’igihugu ku nshuro ya 30, aho abaturage bavuga ko...
Kiny
Eng
Fr





