MU Mahanga
Imyaka 10 ishize hatanzwe amahame yo guhagarika intambara...
Mu gihe isi ikomeje guhura n’intambara n’amakimbirane mu bice bitandukanye, hashize imyaka 10 hatangajwe itangazo rikubiyemo amahame...
Imirwano ikaze mu burasirazuba bwa Congo: Abaturage benshi...
Mu ijoro ryacyeye no mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, ibitero by’indege za drone, imirwano y’intambara hagati y’ingabo za Leta ya...
Ubushyamirane bwa Israel, Amerika na Iran bukomeje guhindura...
Imiterere ya politiki yo mu Burasirazuba bwo hagati yahindutse cyane nyuma y’uko intambara yari isanzwe ari iy'ibanga hagati ya Israel,...
Ese koko Iran niyo ifite urufunguzo rwo gufungura isoko...
Mu gihe intambara iri hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel ikomeje gukaza umurego mu karere k’Ikigobe...
Bobi Wine yatangaje ko yavuye muri Uganda by'agateganyo
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yatangaje ko yavuye mu gihugu by’agateganyo...
Amerika yemeye by’agateganyo ko peteroli y’Uburusiya iri...
Guverinoma ya Amerika yatangaje ko yemeye by’agateganyo ko peteroli y’Uburusiya yari imaze gupakirwa ku mato iri mu nyanja igurishwa...
Inzego z'umutekano za RDC zashinjwe gushimuta abaturage
Raporo y’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, yagaragaje ko kuva muri Werurwe (03) 2025 nibura...
Amerika yatangiye iperereza rishobora kuvamo imisoro mishya...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zatangiye gukora iperereza ryagutse ku bucuruzi mpuzamahanga ryibanda ku bihugu n'ibigo...
Benshi mu batuye Téhéran bahunze ingaruka z'ibitero bya...
Mu gihe intambara imaze iminsi 12 hagati ya Iran, Israel na Amerika ikomeje gukaza umurego, aho impande zihanganye zikomeje kongera...
Igitero cya drone i Goma cyahitanye batatu barimo umukozi...
Mu rukerera rwo ku wa 11 Werurwe (03) 2026, umujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wagabweho...
Kiny
Eng
Fr





