Nyaruguru: Abashoramari basaga 100 bari kwerekwa amahirwe y'ishoramari ari muri aka Karere (Amafoto)

Nyaruguru: Abashoramari basaga 100 bari kwerekwa amahirwe y'ishoramari ari muri aka Karere (Amafoto)

Ku bufatanye n'urwego rw'Igihugu rushinzwe iterambere (RDB), kuri uyu wa Kane mu karere ka Nyaruguru hateraniye inama yahurije hamwe abashoramari basaga 100, aho bari kwerekwa amahirwe y'ishoramari ari muri aka Karere, mu rwego rwo gukomeza kumenyekanisha amahirwe y’ishoramari mu gihugu, hihutishwa iterambere ry'igihugu bigendanye n'icyerekezo cy'igihigu cya 2050.

kwamamaza

 

Bimwe mu byo bagaragarijwe byashorwamo imari, harimo ibikorwaremezo nk'amahoteri n'amacumbi bigezweho kuko buri mwaka nibura bakira abakerarugendo basaga 1,200,000, kubaka parking y'imodoka igezweho, ubuhinzi bw'icyayi, ubuhinzi bw'ikawa, ubuhinzi bw'ibirayi, ubukerarudendo bushingiye ku muco, gutunganya amababi y'amashyamba agakorwamo imiti, n'ibindi.

Minisitiri w'Ibikorwa by'Ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira akaba n'imboni ya Guverinoma muri aka Karere, we yabwiye aba bashoramari ko, nyuma yo kubona amahirwe ahari, bakwiye kwiyemeza ibyo bashoramo imari n'igihe bazatangirira kubishyira mu bikorwa.

 

kwamamaza

Nyaruguru: Abashoramari basaga 100 bari kwerekwa amahirwe y'ishoramari ari muri aka Karere (Amafoto)

Nyaruguru: Abashoramari basaga 100 bari kwerekwa amahirwe y'ishoramari ari muri aka Karere (Amafoto)

 Dec 11, 2025 - 11:27

Ku bufatanye n'urwego rw'Igihugu rushinzwe iterambere (RDB), kuri uyu wa Kane mu karere ka Nyaruguru hateraniye inama yahurije hamwe abashoramari basaga 100, aho bari kwerekwa amahirwe y'ishoramari ari muri aka Karere, mu rwego rwo gukomeza kumenyekanisha amahirwe y’ishoramari mu gihugu, hihutishwa iterambere ry'igihugu bigendanye n'icyerekezo cy'igihigu cya 2050.

kwamamaza

Bimwe mu byo bagaragarijwe byashorwamo imari, harimo ibikorwaremezo nk'amahoteri n'amacumbi bigezweho kuko buri mwaka nibura bakira abakerarugendo basaga 1,200,000, kubaka parking y'imodoka igezweho, ubuhinzi bw'icyayi, ubuhinzi bw'ikawa, ubuhinzi bw'ibirayi, ubukerarudendo bushingiye ku muco, gutunganya amababi y'amashyamba agakorwamo imiti, n'ibindi.

Minisitiri w'Ibikorwa by'Ubutabazi Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira akaba n'imboni ya Guverinoma muri aka Karere, we yabwiye aba bashoramari ko, nyuma yo kubona amahirwe ahari, bakwiye kwiyemeza ibyo bashoramo imari n'igihe bazatangirira kubishyira mu bikorwa.

kwamamaza