Amakuru
Benshi mu bagabo ntibazi umunsi mpuzamahanga wabahariwe
Mu gihe buri mwaka taliki ya 19 y’ukwezi kwa 11, u Rwanda rwifatanya n’isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagabo, benshi...
Iburasirazuba: Hari abazi ko ubwishingizi bw’ibihingwa...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ifite intego y’uko muri NST2 ubuso bw’ibihigwa byishingiwe buzagera kuri 30% n’amatungo yishingiwe akagera...
Hari abavuga ko kuburira umwanya umwana bimuviramo gukurana...
Hari abanyarwanda batanga intabaza ku bana bari guhura n’ingaruka zo gusigarana n’abakozi bakiri bato cyane mu gihe ababyeyi babo...
Urubyiruko n’Abagore ntibahabwa imyanya ikwiye mu miyoborere...
I Kigali hateraniye inama y’inzobere z’urwego rw’umuryango wa Afurika yunze ubumwe rushinzwe kugenzura imiterere y’imiyoborere (APRM),...
Bamwe mu bana barasaba ko bajya babwirwa ababyeyi babo...
Hari bamwe mu bana bagaragaza ikibazo cy’uko babura uburenganzira bwo kumenya umwe mu babyeyi babo mu gihe undi yanze kubibabwira,...
Kayonza: Abaturage binubira serivise z’ubutaka bahabwa,...
Bamwe mu batuye akarere ka Kayonza bavuga ko serivise z’ubutaka kuzibona bigoranye ku buryo nko kubona icyangombwa cy’ubutaka bisaba...
Hari abaturage basaba ko bakurirwaho imbogamizi zigaragara...
Mu gihe leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda yorohereza abaturage kubona serivise zitangwa hifashishijwe ikoranabuhanga rya Irembo babyikoreye,...
Nyabihu: Hari abaturage bavuga ko bakeneshejwe n'abajura...
Mu karere ka Nyabihu mu ntara y'Iburengerazuba, hari abaturage bo mu murenge wa Shyira bataka ko kubera inzara hari n’abajura basa...
Bugesera: Urubyiruko rukora ubuhinzi rwiteje imbere ariko...
Rumwe mu rubyiruko rwihangiye imirimo mu buhinzi mu karere ka Bugesera mu ntara y’Iburasirazuba bishimira ko bimaze kubageza kuri...
Amajyepfo: Ikigo cy'imisoro n'amahoro cyashimiye abasora...
Mu ntara y'Amajyepfo ubuyobozi bwayo buravuga ko mu myaka 7 ishize, mu misoro yeguriwe uturere ubwiyongere bwo kuyitanga bwazamutseho...
Kiny
Eng
Fr





