Amakuru
Hari abarenza iminsi 30 y’agateganyo bagafungwa binyuranyije...
Raporo ya komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu igaragaza ko hari abantu basabirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo ikarenga...
Huye - Tumba: Iteme ribahuza na Gisagara ryangiritse ribaheza...
Mu karere ka Huye, abatuye mu murenge wa Tumba barasaba kubakirwa iteme rihuza akarere kabo n'aka Gisagara kuko ryahagaritse imigenderanire...
Barasaba ko imyaka ubutaka bushyingurwaho bumara budakoreshwa...
Hari abagaragaza ko imyaka 20 igenwa kugirango ubutaka bushyinguyeho bwongere kubyazwa umusaruro ari myinshi bagasaba ko byaba byiza...
Hari abaturage bavuga ko bahohoterwa nyuma yo gutanga amakuru...
Mu bice bitandukanye by’u Rwanda hari abaturage bavuga ko iyo bamaze kuvugana n’itangazamakuru basigara bahohoterwa n’ubuyobozi mu...
Abakora mu nzego z’ubuzima barasaba abantu gukoresha imiti...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC ndetse n’abakora mu nzego z’ubuzima bavuga ko kuba mu Rwanda hagaragara ikibazo cy’ubwiyongere...
Nyagatare: MINICOM irasaba abikorera gushora imari muri...
Minisiteri y'ubucuruzi n'inganda MINICOM, irashishikariza abashoramari kujya gushora imari mu karere ka Nyagatare kugira ngo babyaze...
Abamotari ntibemeranya na BNR ku giciro cy'ubwishingizi
Nyuma yuko banki nkuru y’u Rwanda BNR itangaje ko igiciro cy’ubwishingizi cya moto kidateganyijwe kugabanuka bitewe n’impamvu zitandukanye...
Bafite ikibazo cyo kubura ubutabera kubera kutamenya ururimi...
Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bagaragaza ko bagihura n’ikibazo cy’ikoreshwa ry’ururimi rw’amarenga mu kubona ubutabera bigatuma...
Huye: Ibura ry'imbuto y'imigozi y'ibijumba riri kubateza...
Mu karere ka Huye, abaturage baravuga ko babangamiwe no kuba imbuto y'ibijumba yarabuze bikaba biri kubateza inzara kandi n'ikigo...
Barasaba gukurirwaho inzitizi kugirango ururimi rw'Igifaransa...
Abigisha ururimi rw’Igifaransa mu mashuri yo mu Rwanda n’abayarereramo baratanga intabaza ku myigishirize idashyitse y’uru rurimi...
Kiny
Eng
Fr





