MU Rwanda
Hari bamwe mu baturage bavuga ko Telephone yagize uruhare...
Mu gihe umubare w'abakoresha telephone ngendanwa wiyongereye mu myaka 7 ishize. Hari bamwe mu baturage bavuga ko muri iki kinyejana...
RGB yifatanyije n'imiryango itari iya leta mu kwibuka ku...
Kuri uyu wa Gatanu, urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) rwifatanyije n’imiryango itandukanye itari iya leta mu gikorwa cyo kwibuka...
Inzobere mu by'ubuzima bwo mu mutwe ziraburira ababyeyi...
Mu gihe abazobereye iby’ubuzima bwo mu mutwe baburira ababyeyi kwitondera ibyo bereka abana ku ikoranabuhanga, hari ababyeyi bagaragaza...
Abakora mu mirimo itandukanye ntibavuga rumwe ku gutanga...
Abakora imirimo itandukanye ntibavuga rumwe ku bijyanye n’umuco wo gutanga ishimwe cyangwa se agahimbazamusyi, ibizwi nka tip mu ndimi...
U Rwanda rwakubye inshuro zirenga ebyiri intego y’ihangwa...
Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’umurimo n’ukwezi kwahariwe umurimo, hari ba rwiyemezamirimo bato basaba inzego zitandukanye...
Umujyi wa Nyagatare: Abafite ibibanza bitubatse barasabwa...
Ubuyobozi bw'akarere burasaba abafite ibibanza bitubatse mu mujyi wa Nyagatare kubyubaka kuko begerejwe ibikorwaremezo birimo imihanda...
Kwambara sivile Polisi irabyemerewe - ACP Boniface Rutikanga...
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto barataka kwandikirwa amande n’abantu bihisha ahantu batambaye n’imyenda y’akazi bakabandikira...
Barasaba ko imikino y’amahirwe bayica burundu mu Rwanda
Hari abanyarwanda bavuga ko kongera imisoro ku mikino y’amahirwe bizongera iterambere ry’igihugu kuko n’ubundi ayo mafaranga yavaga...
Musanze: Abagore n'abakobwa binjiye irondo ry'umwuga ngo...
Ubuuobozi bw'umurenge wa Muhoza buravuga ko bwahisemo kwinjiza abagore n'abakobwa mu irondo ry'umwuga kugira ngo bushakire abatuyemuri...
Barasaba ko ibiciro byo guhererekanya amafaranga mu buryo...
Hari abataka ko amafaranga acibwa mu gihe bahererekanya amafaranga mu buryo bw’ikoranabuhanga butandukanye akiri ku giciro cyo hejuru...
Kiny
Eng
Fr





