MU Rwanda
Abategereje kaburimbo mu muhanda Gasanze-Nduba barasabwa...
Mu gihe abakoresha umuhanda Gasanze – Nduba bavuga ko bamaze igihe kinini basaba gukorerwa uyu muhanda ugatunganywa ukaba wanashyirwamo...
I Kigali hateraniye inama yiga ku byateza imbere umugabane...
Kuri uyu wa Gatatu i Kigali hatangiye inama y’iminsi itatu ihuza abanyamwuga bo muri Africa, (Congrès Africain des Professionnels/...
Musanze-Kinigi: Batunguwe no gusanga umusore yimanitse...
Abatuye mu kagari ka Nyabigoma baravuga ko batunguwe no gusanga umusore w'imyaka 25 witwa ISHIMWE Emmanuel yimanitse mu murunga w'ikiziriko...
Urubyiruko ntirwitabira serivise z'ubuzima bw'imyororokere
Abagize ihuriro ry’ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba riteza imbere ubuzima bw’imyororokere bavuga ko nubwo hari intambwe yatewe...
Gasabo: Batoboraga amazu y’abaturage bakiba ibikoresho...
Tariki ya 23-24/06/25, Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Nduba ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage...
Mu minsi 10 ibyangombwa byo kubaka bigiye kujya biba bonetse
Mu nteko rusange y’umujyi wa Kigali yateranye kuri uyu wa Kabiri, ikibazo cy’imyubakire y’akajagari cyongeye kugarukwaho cyane aho...
Urubyiruko rw'u Rwanda rurasabwa kubyaza umusaruro amahirwe...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda yo kubaka urubyiruko rufite ubushobozi bwo kwiteza imbere binyuze mu ishoramari, Urwego rw'u...
Hakenewe ubundi buryo bwo kumenyekanisha ko hari umuti...
Mu gihe ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA) gisobanura impamvu hagenda hagaragara imiti ikurwa...
Nyarugenge: Polisi yafashe abajura 10 bibaga abaturage...
Tariki ya 22/06/25, Polisi ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano yafashe abajura 10 bibaga abaturage babategeye mu nzira bakabambura...
Huye: Ba rwiyemezamirimo ntibavuga rumwe ku bwishyu bw'abo...
Mu karere ka Huye, abakozi barenga 150 barasaba kurenganurwa bakishyurwa amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 78 Frw, nyuma y’aho...
Kiny
Eng
Fr





