MU Rwanda
Ababyeyi barinubira ugusigana kw'abashakanye mu nshingano...
Mu gihe ubuyobozi butandukanye busaba umugore n’umugabo kubana buzuzanya mu muryango, bamwe mu baturage baragaragaza ko hari abo usanga...
Iby'abacururiza mu isoko rya Rwezamenyo bikomeje kuba agatereranzamba
Nyuma yuko abakorera mu isoko rya Rwezamenyo riherereye mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, bahawe igihe ntarengwa cyo kuba...
Rwamagana: Babangamiwe nuko ivuriro rito bivurizaho rihora...
Abivuriza ku ivuriro rito rya Kinteko ryo mur’aka karere babangamiwe n’uko iri vuriro ridakora nk’uko bikwiye kuko igihe kimwe bajya...
Nyanza: Barasaba ko umujyi wa Nyanza wavugururwa
Abatuye n'abagenda mu mujyi barasaba ko wagururwa ukajyana n'igihe kuko iterambere ryawo ritajyanye n'imyaka 125 umaze ushinzwe. Ubuyobozi...
Ababyeyi barinubira ko igihe bahabwa cyo gutegura ishuri...
Hari ababyeyi bafite abana bagiye kwiga mu mwaka wa 1 n’uwa 4 w’amashuri yisumbuye bavuga ko batigeze bahabwa igihe gihagije cyo kwitegura...
Abaturage ntibazi imiryango itari iya leta n'ibyo ikora
Nubwo mu Rwanda habarirwa imiryango itari iya leta irenga ibihumbi 2000 ikora ibikorwa bitandukanye, bamwe mu baturage bagaragaza...
Haracyari icyuho mu kubona akazi mu mirimo mishya ihangwa
Mu gihe leta y’u Rwanda ivuga ko ishyize imbaraga mu guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri, ndetse ko muri gahunda ya NST2 hazahangwa...
Ikibazo cy'ubucye bw'abakora kwa muganga kiri gushakirwa...
Hari abaturage bavuga ko bajya kwa muganga kwivuza bagahabwa serivisi mbi bitewe ahanini n’umubare udahagije w’abakora kwa muganga,...
Abaturage barinubira ibura n'ihenda ry'ibirayi ku isoko
Mu gihe bikomeje kumenyerwa ko umubare munini mu Banyarwanda barya bavuye ku isoko guhaha, mu mujyi wa Kigali, abaguzi n’abacuruzi...
Musanze-Shingiro: Abasaga 400 bacucuwe ayo bizigamye yose
Hari abaturage barenga 400 bo mu murenge wa Shingiro bari bibumbiye mu kimina cyo kwizigamira batunguwe no kuza kugabana amafaranga...
Kiny
Eng
Fr





