MU Rwanda
Hari ababyeyi binubira ikigo cy'ishuri kibishyuza amafaranga...
Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo, nyuma y’iminsi mike umwaka w’amashuri 2024/2025 utangiye, hari ababyeyi bo mu murenge wa Jali...
Kirehe: Yabyutse asanga insina nyinshi zirambitse ku muryango
Abantu bataramenyekana biraye mu rutoki rw'umuturage wo mu mudugudu w'Umutuzo akarere ka Kirehe batemagura insina zigera kuri 11,...
Nyarugenge: Abagore biyemeje guhangana n'ibibazo byugarije...
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyarugenge burasaba abahagarariye abagore mu nzego zitandukanye muri aka karere kwita ku gukemura bimwe mu...
Kayonza: Umukire ahohotera abantu yaregwa bigapfa ubusa
Hari abaturage bo mu murenge wa Rukara mur’aka karere bahangayikishijwe n’urugomo rukorwa n’umukire afatanyije n’abasore bamukorera...
Burera: Batewe impungenge n'ikiraro cyacitse kigwamo abantu
Abatuye mu murenge wa Gahunga barasaba ko ikiraro cyatsitse cyahuzaga utugari twa Kanyendara na Kangoma cyasanwa kuko gikomeje kugwamo...
Hagiye gushyirwaho imihanda ya bisi mu kunoza ingendo mu...
Abatwara n’abagenda mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu mujyi wa Kigali baravuga ko hagaragara ikibazo cy’ubucucike...
Amaso yaheze mu kirere kuri gahunda yo kwishyura amafaranga...
Abatuye n’abagenda mu mujyi wa Kigali baravuga ko bategereje ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kwishyura urugendo hashingiwe ku bilometero...
Huye: babangamiwe n’ubuke bw’amacumbi butuma ibiciro bihanikwa
Abahatuye n'abagenda mu Mujyi wa Huye baravuga ko babangamiwe n'ubuke bw'amacumbi make bigatuma ibiciro byayo bihanikwa na banyiri...
Nyagatare: Imiryango 7 y’abarokotse jenoside itishoboye...
Umuryango uharanira inyungu z'Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, IBUKA, ku bufatanye na Trocaire Rwanda,basaniye inzu...
Ababyeyi barinubira ugusigana kw'abashakanye mu nshingano...
Mu gihe ubuyobozi butandukanye busaba umugore n’umugabo kubana buzuzanya mu muryango, bamwe mu baturage baragaragaza ko hari abo usanga...
Kiny
Eng
Fr





