Ukraine: Belarus yatangaje ko izunga imbaraga n’Uburusiya mu ntambara irimo igihe yarashweho.

Ukraine: Belarus yatangaje ko izunga imbaraga n’Uburusiya mu ntambara irimo igihe yarashweho.

Perezida Loukachenko wa Belarus/ Biélorussie yatangaje ko igihugu cye kidafatanyije n’Uburusiya mu rugamba burimo muri Ukraine. Ibi yabitangaje kur’uyu wa kane, mugihe igihugu cye gikunze gushinjwa kwifatanga n’umuturanyi wacyo w’akadasohoka ‘Uburusiya mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

kwamamaza

 

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mpuzamahanga I Minsk, Alexandre Loukachenko yavuze ko igihugu cye kidashobora kwinjira mu ntambara uretse igihe kizaba cyagabweho igitero.

Yagize ati: “ niteguye kurwana hamwe n’Ububurusiya igihe umutaka bwa Bélarus buzaba bwagize ikibazo gusa. Nk’igihe umusilikari wa hariya [wa Ukraine ]yageze ku butaka bwacu afite imbunda akica abaturage banjye.”

Nubwo Loukachenko yavuze amagambo atagaragaza ko igihugu cye kitari mu rugamba hamwe n’Uburusiya muri Ukraine, gusa ni hamwe mu nzira zakoreshejwe n’Uburusiya mu kugaba igitero ku ya 24 Gashyantare (02) 2022, ndetse no gushyigikira ku mugaragaro ibi bitero.

Ni zimwe mu mpamvu zatumye hari ibihano by'ubukungu bifatirwa ibigo by’imari .... 

Perezida Loukachenko wa Belarus/ Biélorussie ni inshuti ikomeye ya Perezida Putin w’Uburusiya, bombi bagaragaza ko bahanganye n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi.

 

kwamamaza

Ukraine: Belarus yatangaje ko izunga imbaraga n’Uburusiya mu ntambara irimo igihe yarashweho.

Ukraine: Belarus yatangaje ko izunga imbaraga n’Uburusiya mu ntambara irimo igihe yarashweho.

 Feb 16, 2023 - 13:31

Perezida Loukachenko wa Belarus/ Biélorussie yatangaje ko igihugu cye kidafatanyije n’Uburusiya mu rugamba burimo muri Ukraine. Ibi yabitangaje kur’uyu wa kane, mugihe igihugu cye gikunze gushinjwa kwifatanga n’umuturanyi wacyo w’akadasohoka ‘Uburusiya mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

kwamamaza

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mpuzamahanga I Minsk, Alexandre Loukachenko yavuze ko igihugu cye kidashobora kwinjira mu ntambara uretse igihe kizaba cyagabweho igitero.

Yagize ati: “ niteguye kurwana hamwe n’Ububurusiya igihe umutaka bwa Bélarus buzaba bwagize ikibazo gusa. Nk’igihe umusilikari wa hariya [wa Ukraine ]yageze ku butaka bwacu afite imbunda akica abaturage banjye.”

Nubwo Loukachenko yavuze amagambo atagaragaza ko igihugu cye kitari mu rugamba hamwe n’Uburusiya muri Ukraine, gusa ni hamwe mu nzira zakoreshejwe n’Uburusiya mu kugaba igitero ku ya 24 Gashyantare (02) 2022, ndetse no gushyigikira ku mugaragaro ibi bitero.

Ni zimwe mu mpamvu zatumye hari ibihano by'ubukungu bifatirwa ibigo by’imari .... 

Perezida Loukachenko wa Belarus/ Biélorussie ni inshuti ikomeye ya Perezida Putin w’Uburusiya, bombi bagaragaza ko bahanganye n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi.

kwamamaza