U Rwanda rugiye gushyiraho umuyoboro mugari wa Internet udaheza

U Rwanda rugiye gushyiraho umuyoboro mugari wa Internet udaheza

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko icyerekezo cy'u arwanda kiganisha mu kubaka ibikorwaremezo by'umuyoboro mugari wa Internet udaheza. Ibi yabitangarije mu nama mpuzamahanga yiga ku ihoranabuhanga rya telefoni ngendanwa n'ibindi bijyana naryo ( Mobile World Congress/MWC) iri kubera I Kigali.

kwamamaza

 

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko icyerekezo cy'u Rwanda kiganisha mu kubaka ibikorwaremezo by'umuyoboro mugari wa Internet udaheza. Ibi yabitangarije mu nama mouzamahanga yiga ku ihoranabuhanga eya telefoni ngendanwa n'ibindi bijyana naryo ( Mobile World Congress/MWC) iri kubera  muri Kigali Convention Centre.

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yavuze ko mu myaka itatu ishize ubwo u Rwanda rwakiraga iyi nama bwa mbere, ari bwo yari ifunguye amarembo yayo ku Mugabane wa Afurika.

Yagize ati: “Iki gihe [2022] cyabaye intangiriro yatumye Afurika idakomeza kuba Umugabane ukoresha gusa ikoranabuhanga ry’abandi ahubwo uba uhetse iterambere ry’ikoranabuhanga.’’

Minisitiri Ingabire yavuze ko icyerekezo cy’u Rwanda kiganisha ku kubaka ibikorwaremezo by’umuyoboro mugari wa internet bidaheza.

Ati:“Iterambere ry’ahazaza h’ikoranabuhanga ryifashishijwe telefoni muri Afurika rikwiye kubakira ku mikorere ihuriweho.

Iyi nama y'iminsi itatu itegurwa n’Umuryango Udaharanira inyungu wa Global System for Mobile Communications Association (GSMA), ihuriza hamwe ibigo by’ubucuruzi bisaga 300 bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga rya telefoni ngendanwa, birimo ibizikora, ibikora porogaramu 'softwares’ zikoresha ndetse n’ibindi.

 

kwamamaza

U Rwanda rugiye gushyiraho umuyoboro mugari wa Internet udaheza

U Rwanda rugiye gushyiraho umuyoboro mugari wa Internet udaheza

 Oct 21, 2025 - 13:25

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko icyerekezo cy'u arwanda kiganisha mu kubaka ibikorwaremezo by'umuyoboro mugari wa Internet udaheza. Ibi yabitangarije mu nama mpuzamahanga yiga ku ihoranabuhanga rya telefoni ngendanwa n'ibindi bijyana naryo ( Mobile World Congress/MWC) iri kubera I Kigali.

kwamamaza

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko icyerekezo cy'u Rwanda kiganisha mu kubaka ibikorwaremezo by'umuyoboro mugari wa Internet udaheza. Ibi yabitangarije mu nama mouzamahanga yiga ku ihoranabuhanga eya telefoni ngendanwa n'ibindi bijyana naryo ( Mobile World Congress/MWC) iri kubera  muri Kigali Convention Centre.

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yavuze ko mu myaka itatu ishize ubwo u Rwanda rwakiraga iyi nama bwa mbere, ari bwo yari ifunguye amarembo yayo ku Mugabane wa Afurika.

Yagize ati: “Iki gihe [2022] cyabaye intangiriro yatumye Afurika idakomeza kuba Umugabane ukoresha gusa ikoranabuhanga ry’abandi ahubwo uba uhetse iterambere ry’ikoranabuhanga.’’

Minisitiri Ingabire yavuze ko icyerekezo cy’u Rwanda kiganisha ku kubaka ibikorwaremezo by’umuyoboro mugari wa internet bidaheza.

Ati:“Iterambere ry’ahazaza h’ikoranabuhanga ryifashishijwe telefoni muri Afurika rikwiye kubakira ku mikorere ihuriweho.

Iyi nama y'iminsi itatu itegurwa n’Umuryango Udaharanira inyungu wa Global System for Mobile Communications Association (GSMA), ihuriza hamwe ibigo by’ubucuruzi bisaga 300 bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga rya telefoni ngendanwa, birimo ibizikora, ibikora porogaramu 'softwares’ zikoresha ndetse n’ibindi.

kwamamaza