Hatangiye ku mugaragaro inama rusange ya gatandatu y'Urwego rw'Ubugenzacyaha (Amafoto)

Hatangiye ku mugaragaro inama rusange ya gatandatu y'Urwego rw'Ubugenzacyaha (Amafoto)

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja yafunguye ku mugaragaro inama rusange ya gatandatu y'Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB).

kwamamaza

 

Iyi nama ifite insanganyamatsiko igira iti: "Umuturage ku isonga: Gukora kinyamwuga dutanga ubutabera bunoze."

Iyi nama yahuje abayobozi bakuru ba RIB n'abahagarariye abandi bagenzacyaha bo mu gihugu hose bakaganira ku byagezweho, imbogamizi bahura nazo no gufata ingamba nshya kugirango barusheho kuzuza neza inshingano z’urwego.
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yavuze ko uru rwego rwa RIB arirwo rushyira mu bikorwa ibijyanye n'umutekano n'ubutabera kuko batuma abagizi ba nabi badakora ibyo bishakiye .

 

kwamamaza

Hatangiye ku mugaragaro inama rusange ya gatandatu y'Urwego rw'Ubugenzacyaha (Amafoto)

Hatangiye ku mugaragaro inama rusange ya gatandatu y'Urwego rw'Ubugenzacyaha (Amafoto)

 Aug 14, 2025 - 11:41

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja yafunguye ku mugaragaro inama rusange ya gatandatu y'Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB).

kwamamaza

Iyi nama ifite insanganyamatsiko igira iti: "Umuturage ku isonga: Gukora kinyamwuga dutanga ubutabera bunoze."

Iyi nama yahuje abayobozi bakuru ba RIB n'abahagarariye abandi bagenzacyaha bo mu gihugu hose bakaganira ku byagezweho, imbogamizi bahura nazo no gufata ingamba nshya kugirango barusheho kuzuza neza inshingano z’urwego.
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yavuze ko uru rwego rwa RIB arirwo rushyira mu bikorwa ibijyanye n'umutekano n'ubutabera kuko batuma abagizi ba nabi badakora ibyo bishakiye .

kwamamaza