Amakuru
Kigali: Abaturage babangamiwe n'umunuko uva muri Transit...
Abaturiye ikigo gifungirwamo by’igihe gito cya Gikondo ahazwi nko kwa Kabuga barinubira umunuko ukabije uturuka muri iki kigo mu masaha...
Hari abitwikira ijoro bakajugunya imyanda aho babonye
Abatuye mu murenge wa Nyarugenge mu mujyi wa Kigali baragaragaza ko hari bamwe mu bahatuye batishyura amafaranga y’umusanzu w’isuku,...
Kirehe: abaturage barasaba igishanga cya Geranium bakakibyaza...
Abaturiye igishanga cya Geranium giherereye mu murenge wa Gahara muri aka karere baravuga ko kimaze igihe gipfa ubusa nyuma y'uko...
Hakenewe ingamba zihamye zituma Afrika yihaza mu biribwa
Mu gihe hari abanyarwanda bataka kutihaza mu biribwa bya bimwe mu bikomoka ku buhinzi n’ubworozi, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda,...
Abafite ubumuga babangamiwe no kutabona imyanya yabagenewe...
Abafite ubumuga baravuga ko babangamirwa nuko kugeza ubu hari imodoka zitwara abagenzi ku buryo bwa rusange batabonamo imyanya yabagenewe...
Hari abatemererwa gutangira amashuri ku gihe kubera ibikoresho...
Bamwe mu babyeyi barasaba abayobora ibigo by’amashuri kujya bihanganira abanyeshuri igihe batujuje bimwe bikoresho basabwa mwitangira...
Mu Rwanda hamaze gushyirwaho abahuza b’umwuga 800 bazafasha...
Mu rwego rwo kugabanya imanza zigera zikanatinda mu nkiko, urukiko rw’ikirenga ruravuga ko kugeza uyu munsi mu Rwanda hamaze gushyirwaho...
Musanze: Inzego zibanze zirashinjwa gukingira ikibaba abakora...
Inzego z'umutekano ziravuga ko bamwe mu bayobozi bakingira ikibaba abakorera inzoga zitemewe mu midugudu biri mu bituma zidacika burundu...
Burera: Abatuye mu bice by'amakoro bitabamo igitaka baravuga...
Ababatishoboye baba mu nzu zenda kubagwaho baravuga ko bagowe no kubona ubutaka bwo kubakisha kubera ko muri ibi bice bisaba kugura...
Kigali: Abaturage baribaza icyadindije iyubakwa ry'isoko...
Mu mujyi wa Kigali abaturiye ahahoze isoko rya Gikondo ryasenywe ngo hubakwe irya kijyambere, baragaragaza urujijo ku cya dindije...
Kiny
Eng
Fr





