Mu Rwanda haracyari ikibazo mu myidagaduro y'abana - Ubushakashatsi

Mu Rwanda haracyari ikibazo mu myidagaduro y'abana - Ubushakashatsi

World vision international Rwanda ku bufatanye n'umuryango wita ku burenganzira bwa muntu CLADHO uri kugirana inama nyunguranabitekerezo ku burenganzira bw'umwana bwo kubona ahantu hatekanye kandi habereye abana bose ho gukinira mu Rwanda.

kwamamaza

 

Mu bushakashatsi bwakozwe na CLADHO hirya no hino mu gihugu mu turere 13 yaba mu bigo by'amashuri, mu ngo z'abaturage, mu midugudu itandukanye. Ababajijwe barimo abana 230, ababyeyi 102, abahagarariye inzego z'ibanze 52, abahagarariye amashuri 51 bahurije ku kuba hakiri ikibazo mu myidagaduro y'abana, ubuke bw'ibibuga byo gukiniramo ndetse kuba Politike ya Leta ijyanye n'imyandagaduro y'abana idashyirwa mu bikorwa uko bikwiye.

Ni nama iri kuba ku rwego ry'igihugu yahuje abaturutse, muri Minisiteri ya Siporo, Minisiteri y'Uburezi, abana baturutse mu bice bitandukanye by'Igihugu, n'imiryango iharanira uburenganzira bw'abana.

 

kwamamaza

Mu Rwanda haracyari ikibazo mu myidagaduro y'abana - Ubushakashatsi

Mu Rwanda haracyari ikibazo mu myidagaduro y'abana - Ubushakashatsi

 Aug 5, 2025 - 11:55

World vision international Rwanda ku bufatanye n'umuryango wita ku burenganzira bwa muntu CLADHO uri kugirana inama nyunguranabitekerezo ku burenganzira bw'umwana bwo kubona ahantu hatekanye kandi habereye abana bose ho gukinira mu Rwanda.

kwamamaza

Mu bushakashatsi bwakozwe na CLADHO hirya no hino mu gihugu mu turere 13 yaba mu bigo by'amashuri, mu ngo z'abaturage, mu midugudu itandukanye. Ababajijwe barimo abana 230, ababyeyi 102, abahagarariye inzego z'ibanze 52, abahagarariye amashuri 51 bahurije ku kuba hakiri ikibazo mu myidagaduro y'abana, ubuke bw'ibibuga byo gukiniramo ndetse kuba Politike ya Leta ijyanye n'imyandagaduro y'abana idashyirwa mu bikorwa uko bikwiye.

Ni nama iri kuba ku rwego ry'igihugu yahuje abaturutse, muri Minisiteri ya Siporo, Minisiteri y'Uburezi, abana baturutse mu bice bitandukanye by'Igihugu, n'imiryango iharanira uburenganzira bw'abana.

kwamamaza