MTN yazanye poromosiyo nshya yiswe Guma ku giti na Desa De

MTN yazanye poromosiyo nshya yiswe Guma ku giti na Desa De

Sosiyete ya MTN Rwanda yamuritse ku mugaragaro poromosiyo nshya yiswe DESA DE (deux cent deux), ni poromosiyo ije kunganira izari zisanzwe zikoreshwa n’abafatabuguzi bayo, aho kuyigura ari amafaranga 200Frw, hanyuma ugahabwa sms 200 n’iminota 200 ukabikoresha iminsi ibiri.

kwamamaza

 

Nyuma y’iminsi micye bashyize hanze iyitwa Gwamo, kuri uyu wa 5 sosiyete y’itumanaho mu Rwanda yageneye abafatabuguzi bayo indi nshya yiswe Desa De (deux cent deux) aho usabwa amafarangga 200 ugahabwa iminota na sms 200 ushobora gukoresha iminsi igera kuri ibiri.

Umurungi lhitha, ushinzwe iyamamazabikorwa muri MTN, avuga ko iyi poromosiyo nshya ya MTN yiswe Guma ku giti na Desa De ari imwe mu zerekana ko MTN igifitiye abafatabuguzi bayo ibyiza byinshi ndetse ikaba ikoreshwa n’ibyiciro byose itarobanuye imyaka.

 

kwamamaza

MTN yazanye poromosiyo nshya yiswe Guma ku giti na Desa De

MTN yazanye poromosiyo nshya yiswe Guma ku giti na Desa De

 May 24, 2025 - 10:04

Sosiyete ya MTN Rwanda yamuritse ku mugaragaro poromosiyo nshya yiswe DESA DE (deux cent deux), ni poromosiyo ije kunganira izari zisanzwe zikoreshwa n’abafatabuguzi bayo, aho kuyigura ari amafaranga 200Frw, hanyuma ugahabwa sms 200 n’iminota 200 ukabikoresha iminsi ibiri.

kwamamaza

Nyuma y’iminsi micye bashyize hanze iyitwa Gwamo, kuri uyu wa 5 sosiyete y’itumanaho mu Rwanda yageneye abafatabuguzi bayo indi nshya yiswe Desa De (deux cent deux) aho usabwa amafarangga 200 ugahabwa iminota na sms 200 ushobora gukoresha iminsi igera kuri ibiri.

Umurungi lhitha, ushinzwe iyamamazabikorwa muri MTN, avuga ko iyi poromosiyo nshya ya MTN yiswe Guma ku giti na Desa De ari imwe mu zerekana ko MTN igifitiye abafatabuguzi bayo ibyiza byinshi ndetse ikaba ikoreshwa n’ibyiciro byose itarobanuye imyaka.

kwamamaza