Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) zahuriye mu Karere ka Ngoma (Amafoto)

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) zahuriye mu Karere ka Ngoma (Amafoto)

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) zahuriye mu Karere ka Ngoma, mu Ntara y’Iburasirazuba, mu nama ya 14 y’Abayobozi b’Ingabo zikorera ku mipaka y’ibihugu byombi.

kwamamaza

 

Iyi nama iri kuba hagati ya tariki 2-4 Ukuboza 2025, ihuza abayobozi b’ingabo ku mpande zombi igamije kuganira ku bibazo by’umutekano ku mipaka no gushimangira ubufatanye mu kubikemura.

Itsinda rya TPDF riyobowe na Brigadier General Gabriel Elias Kwiligwa, uyobora Brigade ya 202 ya TPDF, ryakiriwe na Major General Ruki Karusisi, uyobora Diviziyo ya 5 y’Ingabo z’u Rwanda.

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zisanzwe zihura buri mezi atatu, zigasuzumira hamwe uko umutekano wo ku mupaka uhagaze, bagahanahana amakuru y’ubutasi.

 

kwamamaza

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) zahuriye mu Karere ka Ngoma (Amafoto)

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) zahuriye mu Karere ka Ngoma (Amafoto)

 Dec 3, 2025 - 09:13

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF) zahuriye mu Karere ka Ngoma, mu Ntara y’Iburasirazuba, mu nama ya 14 y’Abayobozi b’Ingabo zikorera ku mipaka y’ibihugu byombi.

kwamamaza

Iyi nama iri kuba hagati ya tariki 2-4 Ukuboza 2025, ihuza abayobozi b’ingabo ku mpande zombi igamije kuganira ku bibazo by’umutekano ku mipaka no gushimangira ubufatanye mu kubikemura.

Itsinda rya TPDF riyobowe na Brigadier General Gabriel Elias Kwiligwa, uyobora Brigade ya 202 ya TPDF, ryakiriwe na Major General Ruki Karusisi, uyobora Diviziyo ya 5 y’Ingabo z’u Rwanda.

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zisanzwe zihura buri mezi atatu, zigasuzumira hamwe uko umutekano wo ku mupaka uhagaze, bagahanahana amakuru y’ubutasi.

kwamamaza