Biden: Putin yamaze gutsindwa intembera ya Ukraine izinjira muri OTAN.

Biden: Putin yamaze gutsindwa intembera ya Ukraine izinjira muri OTAN.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe. R. Biden yatangaje ko mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, yamaze gutsindwa intambara yo muri Ukraine. Ibi yabitangarije I Helsinki, avuga ko nta buryo buhari bwatuma Perezida Butin atsinda iyi ntambara.

kwamamaza

 

Ati: “Putin yamaze gutsindwa intambara. Nta buryo ashobora gutsinda intambara muri Ukraine. ”

Ku rundi ruhande, yashimangiye ko yiteze ko igitero cya Ukraine cyo kwigaranzura Uburusiya kigomba kuzana Uburusiya ku meza y’ibiganiro, ndetse ko atigeze atekereza ko intambara izamara imyaka myinshi.  

 Ati: "Nizeye, kandi ni byo ntegereje, ko Ukraine izatera intambwe igaragara mu bitero byayo kandi ko ibyo bizatuma habaho imishyikirano mu gihe kimwe cyangwa ikindi."

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yatangajwe n’ingaruka zo kwirukanwa kwa Evgeny Prigojine; umuyobozi w’umutwe w’abaparakomando bo mu Burusiya Wagner , nyuma yo gushaka kugaba igitero I Moscou, avuga ko yagombaga kwitondera ibyo arya.

Ati: “Imana niyo imenya gusa icyo igomba gukora. Ntabwo mbizi neza aho ari naho bahurira. Iyo nza kuba we, mba naritondeye ibyo ndya. Nari kugenzura Menu.”

Ibi Perezida Biden yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye ku wa kane mu murwa mukuru Helsinki.

 

kwamamaza

Biden: Putin yamaze gutsindwa intembera ya Ukraine izinjira muri OTAN.

Biden: Putin yamaze gutsindwa intembera ya Ukraine izinjira muri OTAN.

 Jul 14, 2023 - 06:43

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe. R. Biden yatangaje ko mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, yamaze gutsindwa intambara yo muri Ukraine. Ibi yabitangarije I Helsinki, avuga ko nta buryo buhari bwatuma Perezida Butin atsinda iyi ntambara.

kwamamaza

Ati: “Putin yamaze gutsindwa intambara. Nta buryo ashobora gutsinda intambara muri Ukraine. ”

Ku rundi ruhande, yashimangiye ko yiteze ko igitero cya Ukraine cyo kwigaranzura Uburusiya kigomba kuzana Uburusiya ku meza y’ibiganiro, ndetse ko atigeze atekereza ko intambara izamara imyaka myinshi.  

 Ati: "Nizeye, kandi ni byo ntegereje, ko Ukraine izatera intambwe igaragara mu bitero byayo kandi ko ibyo bizatuma habaho imishyikirano mu gihe kimwe cyangwa ikindi."

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yatangajwe n’ingaruka zo kwirukanwa kwa Evgeny Prigojine; umuyobozi w’umutwe w’abaparakomando bo mu Burusiya Wagner , nyuma yo gushaka kugaba igitero I Moscou, avuga ko yagombaga kwitondera ibyo arya.

Ati: “Imana niyo imenya gusa icyo igomba gukora. Ntabwo mbizi neza aho ari naho bahurira. Iyo nza kuba we, mba naritondeye ibyo ndya. Nari kugenzura Menu.”

Ibi Perezida Biden yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye ku wa kane mu murwa mukuru Helsinki.

kwamamaza