Ibitero by'Uburusiya mu murwa mukuru Kiev, Kharkiv na Poltava byateye ibura ry'umuriro n'amazi.

Ibitero by'Uburusiya mu murwa mukuru Kiev, Kharkiv na Poltava byateye ibura ry'umuriro n'amazi.

Ibitero by'Uburusiya byabaye mu gitondo cyo kur'uyu wa gatanu muri Ukrane, byatumye amazi abura mu murwa mukuru Kiev ndetse umuriro urongera urabura mu mujyi myinshi y'iki gihugu.

kwamamaza

 

Ibitero by'Uburusiya ku bikorwaremezo bya Ukraine bikomeze kuba, aho kur'iyi nshuro byongeye guteza guteza ibura rya hato ry'amazi, mu bice bitandukanye by'umurwa mukuru Kiev.

Hifashishijwe urubuga rwa telegram, Vitali Klitschko; Umuyobozi w'uyu mujyi yagize Ati:" nta kuva ku izima! Ibitero byibasira umujyi birakomeje!"

Ibi uyu Muyobozi yabitangaje mubrwego rwo kwibutsa abatuye akiev.

Ibitero by'Uburusiya byo mu gitondo cyo kur'uyu wa gatanu, byatumye sitasiyo zikoreshwa muby'ubumenyi bw'ikirere bihagarika gukora.

M. Klitschko avuga ko hari ibimenyetso bya bimwe mu bitero hyakozwe, birimo icyo muri karitsiye ya Golosiïvskiï, Isa n'izengurutse Amajyepfo y'umujyi rwagati, ndetse n'amajyepfo ya Kiev.

Ubuyobozi bwa Boutcha, aho ingabo z'Uburusiya zishinjwa gukora ibyaha by'intambara, ubwo Bari mu nkengero za Kiev, buvuga ko inzego zishinzwe gukingira ikirere bwahanuye misile y'Umwanzi hafi yako gace, ariko nta makuru arambuye bwatangaje.

Igor Terekhov; umuyobozi wa Kharkiv; umujyi wa kabiri wa Ukraine (Amajyepfo ashyira Iburasirazuba)  ndetse n'uwa Poltava (rwagati ishyira Iburasirazuba) byatangaje ko imijyi yaho nta mashyanyarazi afite bitewe n'ibisasu byatewr mu gitondo.

Ati:" Kharkiv nta mashyanyarazi ifite" d'électricité"

Oleksandre Mamaï; Umuyobozi wa Poltava, yansabye abaturage kuzimya inyuma byose bikoreshwa n'amashanyarazi.

Ati:" ibitero hifashishijwe za drone birakomeje, mukomeze gutuza."

 Kyrylo Timochenko; umujyanama wanPrezida Zelensky, byatangaje ko Hari ibindi bikorwaremezo byagizweho ingaruka n',ibyo bitero.

Avuga ko " Bari gukora amahano, barashaka kubona abaturage mu mwijima! Serivisi z'ubutabazi ziri gutangwa."

Icyakora M. Timochenko nyiyagaragaje y'uko ibikorwa rwmezo byibasiwe cyangwa ibya gisirikari birinda umutekano w'ikirere, bikoreshwa mu guhagarikwa za misile.

Yanavuze ko " mu mashyanyarazi, mu mujyi wa krementchouk wo mu gihugu rwagati, sisitemu yo gushyushya ntikora.

Bitewe nibyo bitero Kandi, Hari ya Moshi ikoreswa n'amashanyarazi okoresha muri muri Kharkiv,KKivograd Donetsk na Dnipropetrovsk  zirimo gukoresha iyari yrabitswe.

Uyu mu si Kandi, ibitero bya gisirikari bibasiye Kandi akarere ka Zaporijjia,nk'uko ubuyobozi  bubitangaza.

(@AFP)

 

kwamamaza

Ibitero by'Uburusiya mu murwa mukuru Kiev, Kharkiv na Poltava byateye ibura ry'umuriro n'amazi.

Ibitero by'Uburusiya mu murwa mukuru Kiev, Kharkiv na Poltava byateye ibura ry'umuriro n'amazi.

 Dec 16, 2022 - 11:53

Ibitero by'Uburusiya byabaye mu gitondo cyo kur'uyu wa gatanu muri Ukrane, byatumye amazi abura mu murwa mukuru Kiev ndetse umuriro urongera urabura mu mujyi myinshi y'iki gihugu.

kwamamaza

Ibitero by'Uburusiya ku bikorwaremezo bya Ukraine bikomeze kuba, aho kur'iyi nshuro byongeye guteza guteza ibura rya hato ry'amazi, mu bice bitandukanye by'umurwa mukuru Kiev.

Hifashishijwe urubuga rwa telegram, Vitali Klitschko; Umuyobozi w'uyu mujyi yagize Ati:" nta kuva ku izima! Ibitero byibasira umujyi birakomeje!"

Ibi uyu Muyobozi yabitangaje mubrwego rwo kwibutsa abatuye akiev.

Ibitero by'Uburusiya byo mu gitondo cyo kur'uyu wa gatanu, byatumye sitasiyo zikoreshwa muby'ubumenyi bw'ikirere bihagarika gukora.

M. Klitschko avuga ko hari ibimenyetso bya bimwe mu bitero hyakozwe, birimo icyo muri karitsiye ya Golosiïvskiï, Isa n'izengurutse Amajyepfo y'umujyi rwagati, ndetse n'amajyepfo ya Kiev.

Ubuyobozi bwa Boutcha, aho ingabo z'Uburusiya zishinjwa gukora ibyaha by'intambara, ubwo Bari mu nkengero za Kiev, buvuga ko inzego zishinzwe gukingira ikirere bwahanuye misile y'Umwanzi hafi yako gace, ariko nta makuru arambuye bwatangaje.

Igor Terekhov; umuyobozi wa Kharkiv; umujyi wa kabiri wa Ukraine (Amajyepfo ashyira Iburasirazuba)  ndetse n'uwa Poltava (rwagati ishyira Iburasirazuba) byatangaje ko imijyi yaho nta mashyanyarazi afite bitewe n'ibisasu byatewr mu gitondo.

Ati:" Kharkiv nta mashyanyarazi ifite" d'électricité"

Oleksandre Mamaï; Umuyobozi wa Poltava, yansabye abaturage kuzimya inyuma byose bikoreshwa n'amashanyarazi.

Ati:" ibitero hifashishijwe za drone birakomeje, mukomeze gutuza."

 Kyrylo Timochenko; umujyanama wanPrezida Zelensky, byatangaje ko Hari ibindi bikorwaremezo byagizweho ingaruka n',ibyo bitero.

Avuga ko " Bari gukora amahano, barashaka kubona abaturage mu mwijima! Serivisi z'ubutabazi ziri gutangwa."

Icyakora M. Timochenko nyiyagaragaje y'uko ibikorwa rwmezo byibasiwe cyangwa ibya gisirikari birinda umutekano w'ikirere, bikoreshwa mu guhagarikwa za misile.

Yanavuze ko " mu mashyanyarazi, mu mujyi wa krementchouk wo mu gihugu rwagati, sisitemu yo gushyushya ntikora.

Bitewe nibyo bitero Kandi, Hari ya Moshi ikoreswa n'amashanyarazi okoresha muri muri Kharkiv,KKivograd Donetsk na Dnipropetrovsk  zirimo gukoresha iyari yrabitswe.

Uyu mu si Kandi, ibitero bya gisirikari bibasiye Kandi akarere ka Zaporijjia,nk'uko ubuyobozi  bubitangaza.

(@AFP)

kwamamaza