Amasezerano ku binyampeke:Ubugenzuzi bukomeje gukorwa nyuma y'ubusabe bw’Uburusiya (ONU)

Amasezerano ku binyampeke:Ubugenzuzi bukomeje gukorwa nyuma y'ubusabe bw’Uburusiya (ONU)

Umuryango w’abibumbye wavuze ko hakomeje gukorwa ubugenzuzi hagati y’impande zose ku masezerano yo kohereza ibinyampeke byo muri Ukraine mu mahanga. Ni nyuma y’icyifuzo cy’Uburusiya cyo kongerera ayo masezerano iminsi 60 gusa, byongera urwicyekwe.

kwamamaza

 

Ibi byatangajwe kur’uyu wa kabiri, nyuma yaho umunyamabanga wa ONU atangarije ko aya masezerano agiye gusubukurwa  nyuma y'uruzinduko yagiriye muri Ukraine, ariko Uburusiya bugasa n'ububivuguruza, bukavuga ko hakiri imbogamizi.

Jens Laerke; Umuvugizi w'ikigo gishinzwe ubutabazi mu muryango w'abibumbye (OCHA) ari nawe ukuriye ibiganiro bikomeje guhuza impande zose, yagize ati: “Umuryango w'abibumbye uzakora ibishoboka byose kugira ngo ayo masezerano akomeze gusugira no kubahirizwa. Ubugenzuzi bw'impande zose burakomeje mu nzego zose.”

 

kwamamaza

Amasezerano ku binyampeke:Ubugenzuzi bukomeje gukorwa nyuma y'ubusabe bw’Uburusiya (ONU)

Amasezerano ku binyampeke:Ubugenzuzi bukomeje gukorwa nyuma y'ubusabe bw’Uburusiya (ONU)

 Mar 14, 2023 - 12:47

Umuryango w’abibumbye wavuze ko hakomeje gukorwa ubugenzuzi hagati y’impande zose ku masezerano yo kohereza ibinyampeke byo muri Ukraine mu mahanga. Ni nyuma y’icyifuzo cy’Uburusiya cyo kongerera ayo masezerano iminsi 60 gusa, byongera urwicyekwe.

kwamamaza

Ibi byatangajwe kur’uyu wa kabiri, nyuma yaho umunyamabanga wa ONU atangarije ko aya masezerano agiye gusubukurwa  nyuma y'uruzinduko yagiriye muri Ukraine, ariko Uburusiya bugasa n'ububivuguruza, bukavuga ko hakiri imbogamizi.

Jens Laerke; Umuvugizi w'ikigo gishinzwe ubutabazi mu muryango w'abibumbye (OCHA) ari nawe ukuriye ibiganiro bikomeje guhuza impande zose, yagize ati: “Umuryango w'abibumbye uzakora ibishoboka byose kugira ngo ayo masezerano akomeze gusugira no kubahirizwa. Ubugenzuzi bw'impande zose burakomeje mu nzego zose.”

kwamamaza