Amakuru
Barasaba ko ibigo by’imari kwishyuza hatabayeho guteza...
Mu gihe hari bamwe mu baturage bafite ikibazo cy’imitungo yabo itezwa cyamunara mu gihe umuntu yagize ibibazo ku kwishyura inguzanyo,...
Hari abakinangira gukemura amakimbirane bakoresheje inzira...
Hari abaturage bagaragaza ko kugana inzira y’ubuhuza bikemura amakimbirane kurusha kujya mu nkiko kuko byo bihendesha bikanabasiragiza....
Kigali: Abavoma muri ruhurura ya Mpazi barasabwa kubireka
Mu gihe hari abishimira kwegerezwa amazi meza, abaturiye ruhurura ya Mpazi mu mirenge ya Gitega na Kimisagara barasaba gutunganyirizwa...
Kwisuzumisha umwijima nicyo cyonyine cyemeza ko uwurwaye
Mugihe hari bamwe mubaturage bavuga ko batazi indwara y’umwijima ndetse bataranayipimisha, baravuga ibi inzego z’ubuzima mu Rwanda...
Barashima icyemezo cyo gushyiraho impusha zo gutwara imodoka...
Nyuma yuko hasohotse iteka rishya rya Perezida ryemerera abantu gutangira gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga bakoresheje...
Hari abataramenya iby’icyumba cy’urubyiruko cyo ku kigo...
Mu gihe ibigo nderabuzima bivuga ko icyumba cyagenewe urubyiruko cyafashije muri gahunda yo kurwigisha ubuzima bw'imyororokere, ndetse...
Abagana imurikagurisha mpuzamahanga barinubira ibiciro...
Abitabira imurikagurisha mpuzamahanga baragaragaza ko ibiciro byo kwinjira n’iby’ibicuruzwa birimo bihenze, ibituma bamwe batakiryitabira....
Uwakorewe icuruzwa agira inama abandi kudashidukira ibyo...
Tariki 30 Nyagakanga buri mwaka isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya icuruzwa ry’abantu, uyu munsi wizihizwa ku nshuro...
Abacuruzi bafite impungenge zaho bazimurirwa gare ya Nyabugogo...
Hari abacuruzi bakorera muri Gare ya Nyabugogo bafite impungenge zaho bazimurirwa igihe ibikorwa byo kwagura iyi gare bizaba bitangiye....
Abaka serivise za leta n’iz’abikorera babangamiwe no kudafatwa...
Abanyarwanda baka serivisi mu nzego za leta n’iz’abikorera baravuga ko babangamirwa no ku kudafatwa kimwe n’abanyamahanga. Bavuga...
Kiny
Eng
Fr





