MU Rwanda
Ni ngombwa ko buri gihugu cyose cyumva ko gifite inshingano...
Kuri uyu wa mbere i Kigali hateraniye inama mpuzamahanga yiga ku gukumira Jenoside. Muri iyi nama, Minisiteri y’Ubumwe bw’abanyarwanda...
Icyerekezo 2050 kizasiga u Rwanda ku mwanya wa mbere mu...
Urwego rw’Umuvunyi rurasaba abayobozi mu nzego z’ibanze kurushaho guhangana no kurandura bimwe mu byuho bikigaragaramo ruswa kuko...
Haracyari imbogamizi mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu
Ihuriro ry’imiryango itanga ubufasha mu by’amategeko LAF riravuga ko umunsi mpuzamahanga w’uburenganzira bwa muntu usanze hakiri ibitaragerwaho,...
Irondo ry’umwuga rikora nabi rituma abaturage bahagarika...
Abaturage baravuga barembejwe n’ubujura ndetse n’urugomo bakomeza gukorerwa kandi bishyura umutekano. Bavuga ko bakemanga imikorere...
Iburasirazuba: Bahangayikishijwe n’abakoresha abakozi bo...
Hari abaturage mu ntara y'iburasirazuba bahangayikishijwe n'abakoresha abakozi bo mu rugo batazwi imyirondoro, aho usanga bamwe bitwa...
Rusizi: Abahinzi barasaba amahugurwa ngo beze umusaruro...
Rusizi mu ntara y'Iburengerezabuza, abakorera ubuhuhinzi mu murenge wa Kamembe barasaba ko n’abahinzi bo hasi bajya bagerwaho n’amahugurwa...
Ngoma: Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Sangaza barinubira...
Abivuriza ku kigo nderabuzima cya Sangaza mu karere ka Ngoma bavuga ko ibitanda abarwayi baryamaho byashaje ndetse na matera ziriho...
AMIR irishimira ibyo yagezeho ariko haracyari imbogamizi
Ishyirahamwe ry’ibigo by’imari iciriritse AMIR ryagize inteko rusange ku nshuro ya 16, rirebera hamwe ibyakozwe muri uyu mwaka, iniga...
MTN Rwanda na TECNO Mobile batangije poromosiyo nshya ku...
Nkuko turi mu mpera z’umwaka wa 2024, MTN Rwanda ndetse na Tecno Mobile nk'abafatanyabikorwa batangaje ko hagiye gutangira serivise...
Karongi: Bagorwa n’ubuke bw’ibikoresho byo gutekeramo abanyeshuli
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko umubare w’abana bata ishuri wagabanyutse cyane bitewe na gahunda yo kubagaburira ku...
Kiny
Eng
Fr





