MU Mahanga
Elon Musk yasezeye ku nshingano yari afite muri guverinoma...
Elon Musk, umuherwe uyobora sosiyete ya Tesla, yasezeye ku nshingano yari afite nk’umukozi udasanzwe wa guverinoma ya Perezida Donald...
Trump yatsinzwe n’urukiko ku misoro yashyize ku bicuruzwa...
Urukiko rw’ubucuruzi mpuzamahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahagaritse imisoro yihariye Perezida Donald Trump yari yarashyize...
Ruto asabye imbabazi Tanzania na Uganda
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasabye imbabazi ibihugu bituranyi bya Tanzania na Uganda ndetse n’urubyiruko rw’igihugu cye, mu...
Amerika yahagaritse by'agateganyo gutanga visa z'abanyeshuli
Ubutegetsi bwa Donald Trump bwategetse ambasade za Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhagarika by’agateganyo gahunda yo gutanga visa z’abanyeshuri,...
Joseph Kabila yambuwe ubudahangarwa, agiye gukurikiranwa...
Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yambuwe ubudahangarwa na Sena y’iki gihugu, bifungura...
Tanzania: Perezida Samia yihanangirije abaharanira uburenganzira...
Perezida wa Repubulika ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko adashobora kwihanganira abaharanira uburenganzira bwa muntu...
Inkunga yatanzwe ku bwa Biden ntizishyurwa: Ukraine yemeje...
Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yemeje amasezerano mashya y’amateka na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bucukuzi bw’umutungo kamere,...
Léon wa XIV: Papa wa mbere ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe...
Robert Francis Prevost, Kardinali w’Umunyamerika w’imyaka 69 y’amavuko, yatowe nka Papa mushya wa Kiliziya Gatolika, ahabwa izina...
Gutora Papa mushya bikomeje kuba ingorabahizi, umwotsi...
Ku munsi wa kabiri w’inama y’abakardinali (conclave) ibera i Vatikani, mu gitondo cyo kur'uyu wa Kane, umwotsi w’umukara wongeye kugaragara...
Kiny
Eng
Fr





