Perezida Kagame yashimiye aba(Rayonsports) bamwifurije Isabukuru y’Amavuko

Perezida Kagame yashimiye aba(Rayonsports) bamwifurije Isabukuru y’Amavuko
Perezida Kagame yashimiye abakunzi ba Rayon Sports bamwifurije Isabukuru nziza y’amavuko

Mu Mpera z’icyumweru gishize tariki ya 23 ukwakira 2022 ubwo Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yizihizaga isabukuru y’amavuko y’Imyaka 65, abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports batunguranye bamwifuriza Isabukuru nziza muri Stade I Nyamirambo.

kwamamaza

 

Mu butumwa Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa yanyujije ku rukuta rwa twitter yavuze ko Umukuru w’igihugu Yamutumye ngo ashimire abakunzi b’iyikipe bamutunguye ati “Kuri Gikundiro: Aba @rayon_sports Mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika @PaulKagame. Yantumye kubwira aba Rayon mwese ko abashimira byimazeyo kubw'ubutumwa bwo kumwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 65 y'amavuko. “

Iki gikorwa cyari cyateguwe n’abakunzi b’iyi kipe ubwo yari yacakiranye na Espoir FC yo mu karere ka Rusizi mu mukino warangiye kuntsinzi y’ibitego bitatu ku busa Rayon Sports yatsinzemo Espoir, aho aba bakunzi bari bapanze ko umukino nugera ku munota 65 baribuze kuririmbira Umukuru w’igihugu bamwifuriza Isabukuru gusa ubwo warugeze ku munota wa 62 ushyira uwa 63 nibwo aba bakunze bazamuye ifoto iriho umukuru w’igihungu maze Abari kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo batangira ku mwifuriza Isabukuru nziza bamuririmbira.

https://twitter.com/auroremimosa/status/1584642701781524481?s=46&t=eGQMmE9KFMdLsyBYAruw1Q

 

kwamamaza

Perezida Kagame yashimiye aba(Rayonsports) bamwifurije Isabukuru y’Amavuko
Perezida Kagame yashimiye abakunzi ba Rayon Sports bamwifurije Isabukuru nziza y’amavuko

Perezida Kagame yashimiye aba(Rayonsports) bamwifurije Isabukuru y’Amavuko

 Oct 24, 2022 - 23:32

Mu Mpera z’icyumweru gishize tariki ya 23 ukwakira 2022 ubwo Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yizihizaga isabukuru y’amavuko y’Imyaka 65, abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports batunguranye bamwifuriza Isabukuru nziza muri Stade I Nyamirambo.

kwamamaza

Mu butumwa Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa yanyujije ku rukuta rwa twitter yavuze ko Umukuru w’igihugu Yamutumye ngo ashimire abakunzi b’iyikipe bamutunguye ati “Kuri Gikundiro: Aba @rayon_sports Mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika @PaulKagame. Yantumye kubwira aba Rayon mwese ko abashimira byimazeyo kubw'ubutumwa bwo kumwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 65 y'amavuko. “

Iki gikorwa cyari cyateguwe n’abakunzi b’iyi kipe ubwo yari yacakiranye na Espoir FC yo mu karere ka Rusizi mu mukino warangiye kuntsinzi y’ibitego bitatu ku busa Rayon Sports yatsinzemo Espoir, aho aba bakunzi bari bapanze ko umukino nugera ku munota 65 baribuze kuririmbira Umukuru w’igihugu bamwifuriza Isabukuru gusa ubwo warugeze ku munota wa 62 ushyira uwa 63 nibwo aba bakunze bazamuye ifoto iriho umukuru w’igihungu maze Abari kuri Stade ya Kigali I Nyamirambo batangira ku mwifuriza Isabukuru nziza bamuririmbira.

https://twitter.com/auroremimosa/status/1584642701781524481?s=46&t=eGQMmE9KFMdLsyBYAruw1Q

kwamamaza