#Kwibuka29:“ Ntitugomba kwibagirwa uburyo imvugo z’urwango zihinduka ubugizi bwa nabi” Antonio Guterres.

#Kwibuka29:“ Ntitugomba kwibagirwa uburyo imvugo z’urwango zihinduka ubugizi bwa nabi” Antonio Guterres.

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yasabye abatuye isi guhora bari maso ndetse no guhora biteguye guhangana mugihe imvugo z’urwango zivamo ubugizi bwa nabi. Ibi yabitangaje kur’uyu wa gatanu, ku ya 7 Mata (04), mu rwego rwo kwifatanyaga n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 29 jenoside yakorewe abatutsi 1994 , yahitanye abarenga miliyoni.

kwamamaza

 

Yagize ati: “kuva mu myaka 29 habaye jenoside yakorewe abatutsi, ntitugomba kwibagirwa na rimwe imvugo z’urwango zivamo ubugizi bwa nabi. Leta duhore turi maso kandi duhore twiteguye kugira icyo dukora.”

Antonio Guterres yasabye kandi abatuye isi gushyira hamwe bakarwanya umuco wo kudahana. Ati: “twese hamwe, reka duhaguruke dushikamye, durwanye umuco wo kudahana. Reka tube maso kandi twiteguye kugira icyo dukora. Reka kandi duhe agaciro inzibutso z’abanyarwanda bose bavukijwe kubaka ahazaza habo, hatekanye, ubutabera ndetse n’uburenganzira bwa muntu kuri bose.”

 

kwamamaza

#Kwibuka29:“ Ntitugomba kwibagirwa uburyo imvugo z’urwango zihinduka ubugizi bwa nabi” Antonio Guterres.

#Kwibuka29:“ Ntitugomba kwibagirwa uburyo imvugo z’urwango zihinduka ubugizi bwa nabi” Antonio Guterres.

 Apr 7, 2023 - 10:08

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yasabye abatuye isi guhora bari maso ndetse no guhora biteguye guhangana mugihe imvugo z’urwango zivamo ubugizi bwa nabi. Ibi yabitangaje kur’uyu wa gatanu, ku ya 7 Mata (04), mu rwego rwo kwifatanyaga n’abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 29 jenoside yakorewe abatutsi 1994 , yahitanye abarenga miliyoni.

kwamamaza

Yagize ati: “kuva mu myaka 29 habaye jenoside yakorewe abatutsi, ntitugomba kwibagirwa na rimwe imvugo z’urwango zivamo ubugizi bwa nabi. Leta duhore turi maso kandi duhore twiteguye kugira icyo dukora.”

Antonio Guterres yasabye kandi abatuye isi gushyira hamwe bakarwanya umuco wo kudahana. Ati: “twese hamwe, reka duhaguruke dushikamye, durwanye umuco wo kudahana. Reka tube maso kandi twiteguye kugira icyo dukora. Reka kandi duhe agaciro inzibutso z’abanyarwanda bose bavukijwe kubaka ahazaza habo, hatekanye, ubutabera ndetse n’uburenganzira bwa muntu kuri bose.”

kwamamaza