Irerero ry'umupira w'amaguru  rya Paris st Germain mu Rwanda ryerekeje mu marushanwa yo ku rwego rw'isi.

Irerero ry'umupira w'amaguru  rya Paris st Germain mu Rwanda ryerekeje mu marushanwa yo ku rwego rw'isi.

kwamamaza

 
Abana barererwa mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya PSG riherereye mu karere ka Huye mu majyepfo y'u Rwanda berekeje mu Bufaransa gukina irushanwa ryo ku rwego rw’isi rihuza amarerero yumupira w'amaguru ya Paris St Germain. 
Ni abana bari mu byiciro bitandukanye ariko kur'ubu hagiye ibyiciro bibiri birimo  abana batarengeje imyaka cumi n'umwe  hamwe n’abatarengeje imyaka cumi n'itatu.
Academy ya PSG yo mu Rwanda, mu batarengeje imyaka cumi n'umwe bari mu itsinda rya mbere A ririmo igihugu cya Kuwait, Turkey, U Rwanda ndetse n'Ubufaransa bwakiriye iri rushanwa.
Nimugihe mu batarengeje imyaka cumi n'itatu, u Rwanda ruri mu itsinda rya kabiri B ririmo Turkey, United Kingdom, south Korea, u Rwanda ndetse n'Ubufaransa bwakiriye iri rushanwa. 

Aba bana baherukaga mu marushanwa yabaye umwaka ushize w' 2022, mu irushanwa ryari ryateguwe na Paris St Germain ryiswe Paris St Germain academy world cup 2022, aho u Rwanda mu batarengeje imyaka cumi n'itatu rwaje rwegukanye iri rushanwa ku mukino wa nyuma rutsinze igihugu cy'igihangange cya Brazil yabatarengeje imyaka cumi n'itatu ,kuri penaliti 7-6.
Mugihe abatarengeje imyaka 11 batwaye umwanya wa 4 batinzwe na USA. Academy ya PSG mu Rwanda ni ubwa mbere yari yitabiriye iyi mikino.
 

kwamamaza

Irerero ry'umupira w'amaguru  rya Paris st Germain mu Rwanda ryerekeje mu marushanwa yo ku rwego rw'isi.

Irerero ry'umupira w'amaguru  rya Paris st Germain mu Rwanda ryerekeje mu marushanwa yo ku rwego rw'isi.

 Jun 2, 2023 - 12:08

kwamamaza

Abana barererwa mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya PSG riherereye mu karere ka Huye mu majyepfo y'u Rwanda berekeje mu Bufaransa gukina irushanwa ryo ku rwego rw’isi rihuza amarerero yumupira w'amaguru ya Paris St Germain. 
Ni abana bari mu byiciro bitandukanye ariko kur'ubu hagiye ibyiciro bibiri birimo  abana batarengeje imyaka cumi n'umwe  hamwe n’abatarengeje imyaka cumi n'itatu.
Academy ya PSG yo mu Rwanda, mu batarengeje imyaka cumi n'umwe bari mu itsinda rya mbere A ririmo igihugu cya Kuwait, Turkey, U Rwanda ndetse n'Ubufaransa bwakiriye iri rushanwa.
Nimugihe mu batarengeje imyaka cumi n'itatu, u Rwanda ruri mu itsinda rya kabiri B ririmo Turkey, United Kingdom, south Korea, u Rwanda ndetse n'Ubufaransa bwakiriye iri rushanwa. 

Aba bana baherukaga mu marushanwa yabaye umwaka ushize w' 2022, mu irushanwa ryari ryateguwe na Paris St Germain ryiswe Paris St Germain academy world cup 2022, aho u Rwanda mu batarengeje imyaka cumi n'itatu rwaje rwegukanye iri rushanwa ku mukino wa nyuma rutsinze igihugu cy'igihangange cya Brazil yabatarengeje imyaka cumi n'itatu ,kuri penaliti 7-6.
Mugihe abatarengeje imyaka 11 batwaye umwanya wa 4 batinzwe na USA. Academy ya PSG mu Rwanda ni ubwa mbere yari yitabiriye iyi mikino.

kwamamaza