Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidari y’ishimwe (Amafoto)

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidari y’ishimwe (Amafoto)

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Batayo ya 13 (RWABATT13) mu butumwa bwa Loni bwo bungabunga amahoro muri Santarafurika (MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe yatanzwe na Perezida Faustin Archange Touadera, kubera umurava, ubunyamwuga n'umusanzu wazo mu kurinda abasivili.

kwamamaza

 

Iki gikorwa cyabereye mu Ngoro y'Umukuru w'Igihugu iherereye mu Mujyi wa Bangui, cyitabiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu, Olivier Kayumba n’abayobozi mu nzego zitandukanye zirimo iza gisirikare n'iza Leta.

Iyi midari y'ishimwe barihawe mu rwego rwo kubashimira ubwitange, ubutwari, n'ubunyamwuga mu bikorwa byo kugarura amahoro no kurinda abasivili mu gace ka Car.

 

kwamamaza

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidari y’ishimwe (Amafoto)

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni zambitswe imidari y’ishimwe (Amafoto)

 Jul 30, 2025 - 10:42

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Batayo ya 13 (RWABATT13) mu butumwa bwa Loni bwo bungabunga amahoro muri Santarafurika (MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe yatanzwe na Perezida Faustin Archange Touadera, kubera umurava, ubunyamwuga n'umusanzu wazo mu kurinda abasivili.

kwamamaza

Iki gikorwa cyabereye mu Ngoro y'Umukuru w'Igihugu iherereye mu Mujyi wa Bangui, cyitabiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu, Olivier Kayumba n’abayobozi mu nzego zitandukanye zirimo iza gisirikare n'iza Leta.

Iyi midari y'ishimwe barihawe mu rwego rwo kubashimira ubwitange, ubutwari, n'ubunyamwuga mu bikorwa byo kugarura amahoro no kurinda abasivili mu gace ka Car.

kwamamaza