" Mbere na mbere, hari amakuru menshi atangazwa mu bitangazamakuru buo mu Burusiya avuga ko bagowe no kuhava ndetse bishoboka ko ntashobora kurusiga mu biganza by'ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby'ingufu za kirimbuzi (AIEA)," ikiho cy'umuryango w'abibumbye kugenzura ingufu za Nikleyeli.
Yongeraho ko " Hari ubwo nafata valize zabo ndetse bakiba ibyo bashaka."
Ababyeyi batangije urugamba rwo kwamagana intambara yo muri Ukraine
Ababyeyi bafite abana babaye abasilikari mu Burusiya , ku cyumweru 27 Ugushyingo (11) batangije urugamba two kwamagana intambara y'Uburusiya muri Ukraine.
Batangije gusinyisha impapuro hifashishijwe ikoranabuhanga basaba Leta ya Moscou gukura ingabo muri Ukraine.
CNN ivuga ko ku mugoroba ababyeyi Bari bamaze gusinya bageraga kuri 3300.
Mu baruwa ababbabhyeyi bari gusinywaho, bavuga ko" kugeza ubu batubwira ko ari ibikorwa bidasanzwe bikomeje, nibyo bizana kwangiza, agahinda, kumenya amaraso ndetse n'impuruza.
Aba babyeyi batangije igisa no kwigaragambya bamagana iyi ntambara.
Banavuga ko" mu bice byinshi, imiryango yakoze ubukangurambaga byo kuba bakurayo izo ngabo bohereje mu rupfu, bagira byose bakoresheje amafaranga yabo, hamwe n'imyambaro ibakingira amasasu...."