Ukraine : Ingabo z'Uburusiya bushobora kuva mu ruganda rw'amashanyarazi rwa Zaporijjia.

Ukraine : Ingabo z'Uburusiya bushobora kuva mu ruganda rw'amashanyarazi rwa Zaporijjia.

Ikigo gishinzwe ingufu muri Ukraine, Energoatom, cyatangaje ko Ingabo z'Uburusiya zishobora kuva mu ruganda rw'ingufu za Nikleyeli rwa Zaporijjia. Ni mugihe ababyeyi bafite abana Bari mu gisirikari batangiye kwamagana iyi ntambara.

kwamamaza

 

Petro Kotin, Umuyobozi wa Energoaton, ikigo gishinzwe ingufu za Nikleyeli muri Ukraine, yatangaje ko Hari ibimenyetso byerekana ko Ingabo z'Uburusiya zirikwitegura kuva mu ruganda rwa Nikleyeli rwa Zaporijjia.

Ingabo z'Uburusiya zafashe uru ruganda  muri Werurwe (3) 2022, nyuma y'ukwezi bugabye igitero kuri Ukraine.

Iki logo cyatangaje ko kuba Ingabo z'Uburusiya zava muri uri ruganda Ari umwanzuro ushobora guterwa n'impinduka Nini zabaye ku nkambi z'ingabo zabwo, mu karere zirimo ka Zaporijjia, mu Majyepfo ashyira Iburasirazuba bwa Ukraine, aho hashize ukwezi nta ruhande rutera imbere mu birindiro byarwo.

Hakomeje kubaho kurasana mu bice bikikije uru ruganda, Hari ubwoba ko bishobora guteza ibibazo ku ngufu za Nikleyeli.

Petro Kotin, Umuyobozi w'iki kigo kugenzura ingufu za Nikleyeli, yatangaje ko " mu by'umweru bishize, twakiriye amakuru yerekana ibimenyetso by'uko zishobora kuba ziri kwitegura kuhava."

" Mbere na mbere, hari amakuru menshi atangazwa mu bitangazamakuru buo mu Burusiya avuga ko bagowe no kuhava ndetse bishoboka ko ntashobora kurusiga mu biganza by'ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby'ingufu za kirimbuzi (AIEA)," ikiho cy'umuryango w'abibumbye kugenzura ingufu za Nikleyeli. 

Yongeraho ko " Hari ubwo nafata valize zabo ndetse bakiba ibyo bashaka."

Ababyeyi batangije urugamba rwo kwamagana intambara  yo muri Ukraine

Ababyeyi bafite abana babaye abasilikari mu Burusiya , ku cyumweru 27 Ugushyingo (11) batangije urugamba two kwamagana intambara y'Uburusiya muri Ukraine.

Batangije gusinyisha impapuro hifashishijwe ikoranabuhanga basaba Leta ya Moscou gukura ingabo muri Ukraine.

CNN ivuga ko ku mugoroba ababyeyi Bari bamaze gusinya bageraga kuri 3300.

Mu baruwa ababbabhyeyi bari gusinywaho, bavuga ko" kugeza ubu batubwira ko ari ibikorwa bidasanzwe bikomeje,  nibyo bizana kwangiza, agahinda, kumenya amaraso ndetse n'impuruza.

Aba babyeyi batangije igisa no kwigaragambya bamagana iyi ntambara.

Banavuga ko" mu bice byinshi, imiryango yakoze ubukangurambaga byo kuba bakurayo izo ngabo bohereje mu rupfu, bagira byose bakoresheje amafaranga yabo, hamwe n'imyambaro ibakingira amasasu...."

 

kwamamaza

Ukraine : Ingabo z'Uburusiya bushobora kuva mu ruganda rw'amashanyarazi rwa Zaporijjia.

Ukraine : Ingabo z'Uburusiya bushobora kuva mu ruganda rw'amashanyarazi rwa Zaporijjia.

 Nov 28, 2022 - 08:25

Ikigo gishinzwe ingufu muri Ukraine, Energoatom, cyatangaje ko Ingabo z'Uburusiya zishobora kuva mu ruganda rw'ingufu za Nikleyeli rwa Zaporijjia. Ni mugihe ababyeyi bafite abana Bari mu gisirikari batangiye kwamagana iyi ntambara.

kwamamaza

Petro Kotin, Umuyobozi wa Energoaton, ikigo gishinzwe ingufu za Nikleyeli muri Ukraine, yatangaje ko Hari ibimenyetso byerekana ko Ingabo z'Uburusiya zirikwitegura kuva mu ruganda rwa Nikleyeli rwa Zaporijjia.

Ingabo z'Uburusiya zafashe uru ruganda  muri Werurwe (3) 2022, nyuma y'ukwezi bugabye igitero kuri Ukraine.

Iki logo cyatangaje ko kuba Ingabo z'Uburusiya zava muri uri ruganda Ari umwanzuro ushobora guterwa n'impinduka Nini zabaye ku nkambi z'ingabo zabwo, mu karere zirimo ka Zaporijjia, mu Majyepfo ashyira Iburasirazuba bwa Ukraine, aho hashize ukwezi nta ruhande rutera imbere mu birindiro byarwo.

Hakomeje kubaho kurasana mu bice bikikije uru ruganda, Hari ubwoba ko bishobora guteza ibibazo ku ngufu za Nikleyeli.

Petro Kotin, Umuyobozi w'iki kigo kugenzura ingufu za Nikleyeli, yatangaje ko " mu by'umweru bishize, twakiriye amakuru yerekana ibimenyetso by'uko zishobora kuba ziri kwitegura kuhava."

" Mbere na mbere, hari amakuru menshi atangazwa mu bitangazamakuru buo mu Burusiya avuga ko bagowe no kuhava ndetse bishoboka ko ntashobora kurusiga mu biganza by'ikigo mpuzamahanga gishinzwe iby'ingufu za kirimbuzi (AIEA)," ikiho cy'umuryango w'abibumbye kugenzura ingufu za Nikleyeli. 

Yongeraho ko " Hari ubwo nafata valize zabo ndetse bakiba ibyo bashaka."

Ababyeyi batangije urugamba rwo kwamagana intambara  yo muri Ukraine

Ababyeyi bafite abana babaye abasilikari mu Burusiya , ku cyumweru 27 Ugushyingo (11) batangije urugamba two kwamagana intambara y'Uburusiya muri Ukraine.

Batangije gusinyisha impapuro hifashishijwe ikoranabuhanga basaba Leta ya Moscou gukura ingabo muri Ukraine.

CNN ivuga ko ku mugoroba ababyeyi Bari bamaze gusinya bageraga kuri 3300.

Mu baruwa ababbabhyeyi bari gusinywaho, bavuga ko" kugeza ubu batubwira ko ari ibikorwa bidasanzwe bikomeje,  nibyo bizana kwangiza, agahinda, kumenya amaraso ndetse n'impuruza.

Aba babyeyi batangije igisa no kwigaragambya bamagana iyi ntambara.

Banavuga ko" mu bice byinshi, imiryango yakoze ubukangurambaga byo kuba bakurayo izo ngabo bohereje mu rupfu, bagira byose bakoresheje amafaranga yabo, hamwe n'imyambaro ibakingira amasasu...."

kwamamaza