Ukraine yashatse kugabanya umumaro wo guhura kwa Poutine-Loukachenko.

Ukraine yashatse kugabanya umumaro wo guhura kwa Poutine-Loukachenko.

Dmytro Kouleba ; Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, yatangaje ko igihugu cye cyashatse uko kigabanya akamaro ko guhura kwa Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya n’inshuri ye Alexandre Loukachenko wa Bielorussie , mu cyo yise imbino za politiki.

kwamamaza

 

Ibi yabitangaje kur’uyu wa kabiri, ku ya 20 Ukuboza (12) 2022. AFP ivuga ko Ukraine itinya ko hari ibindi bitero bishobora kugabwa n’Uburiya binyuze ku butaka bwa Bielorussie.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Minisitiri Dmytro Kouleba yashimangiye ko “Guhura kwa Putin na Loukachenko ni imbyino nsha ya politiki.”

 Yumvaga ko "nta cyemezo gikomeye gifite yafatiwe muri iyi nama "mu gihe yemeza ko Ukraine" yiteguye "mu bihe byose.

Yavuze ko “ nta cyemezo gifatika cyafashwe muri uko guhura kuko bumva ko Ukraine yiteguye ku buri kintu cyose.”

Ibi Kouleba yabitangaje nyuma yahoo Perezida Putin yagiriye uruzinduko muri Bielorussie nk’igihugu gifatanyabikorwa kiyobowe n’inshuti ye.

Bielorussie yagize uruhare mu bitero byagabwe muri Ukraine, cyane mu bice bihana imbibe n’iki gihugu, impamvu ikomeye yatumye iki gihugu cyongera gufatirwa ibihano by’Ubukungu n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi.

@AFP

 

kwamamaza

Ukraine yashatse kugabanya umumaro wo guhura kwa Poutine-Loukachenko.

Ukraine yashatse kugabanya umumaro wo guhura kwa Poutine-Loukachenko.

 Dec 20, 2022 - 15:36

Dmytro Kouleba ; Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, yatangaje ko igihugu cye cyashatse uko kigabanya akamaro ko guhura kwa Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya n’inshuri ye Alexandre Loukachenko wa Bielorussie , mu cyo yise imbino za politiki.

kwamamaza

Ibi yabitangaje kur’uyu wa kabiri, ku ya 20 Ukuboza (12) 2022. AFP ivuga ko Ukraine itinya ko hari ibindi bitero bishobora kugabwa n’Uburiya binyuze ku butaka bwa Bielorussie.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Minisitiri Dmytro Kouleba yashimangiye ko “Guhura kwa Putin na Loukachenko ni imbyino nsha ya politiki.”

 Yumvaga ko "nta cyemezo gikomeye gifite yafatiwe muri iyi nama "mu gihe yemeza ko Ukraine" yiteguye "mu bihe byose.

Yavuze ko “ nta cyemezo gifatika cyafashwe muri uko guhura kuko bumva ko Ukraine yiteguye ku buri kintu cyose.”

Ibi Kouleba yabitangaje nyuma yahoo Perezida Putin yagiriye uruzinduko muri Bielorussie nk’igihugu gifatanyabikorwa kiyobowe n’inshuti ye.

Bielorussie yagize uruhare mu bitero byagabwe muri Ukraine, cyane mu bice bihana imbibe n’iki gihugu, impamvu ikomeye yatumye iki gihugu cyongera gufatirwa ibihano by’Ubukungu n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi.

@AFP

kwamamaza