EU yasabye ko hashyirwaho ikigega gishyira igitutu ku bihugu birimo Ubushinwa.

EU yasabye ko hashyirwaho ikigega gishyira igitutu ku bihugu birimo Ubushinwa.

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi [EU] wasabye ko hashyirwaho ikigega cyakwifashishwa mu guhangana n’ingaruka zatewe n’imihindagurikire y’ikirere, bishyira igitutu ku bihugu byohereza ibyuka byinshi mu kirere birimo Ubushinwa, bisabwa kugira icyo bibikoraho. Ubu busabe bwatanzwe mu biganiro bya nyuma nu nama ya COP27 yabereye mu Misiri/ Egypt.

kwamamaza

 

EU ivuga ko icyo kigega kizakuraho inzitizi z’ishingiye ku bushobozi ku bihugu bikennye bigirwaho ingaruka n’imindagurikire y’ikirere, ariko bisa n’ibishyira igitutu ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere byohereza ibyuka mu kirere, cyane nk’Ubushinwa busabwa kugira icyo bushyiramo.

Frans Timmermans, umuyobozi wungirije wa komisiyo y’Uburayi, ku wa gatanu  yekeje ko umuryango w’ubumwe bw’Uburayi wemera ikigerga cy’igihombo n’ingangijwe, bimwe mu byagaragajwe mu byifuzo by’ibanze by’itsinda rya G-77 ry’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere n’ Ubushinwa  bigomba kugira icyo bitanga kigaragara muri icyo kigega.

Kugeza ubu Ubushinwa bwirinze gufata inshingano iyo ari yo yose yo gutanga ubufasha mu rwego rw’imari ku bihugu bigirwaho n’ingaruka n’ibyuka byoherezwa mu kirere , nubwo iki gihugu kiza imbere mu kohereza ibyo byuka ndetse no ku mwanya wa kabiri mu  bihugu bikize ku isi.

Imiterere y’ikirere atajyanye n'igihe

Mu Masezerano y’umuryango w’abibumbye yo mu 1992 yerekeye imihindagurikire y’ikirere, Ubushinwa buracyari mu bihugu biri mu nzira ry’amajyambere.

Timmermans yabwiye itangazamakuru y’uko ikigega cy’igihombo n’ibyangiritse kigomba gukurikiza amasezerano y’i Paris kandi bakita ku miterere y’ubukungu bw’ibihugu yo mur’uyu mwaka w’ 2022 ,atari ubwo muri1992, nk’uko byifuzwa na G-77.

Mu kuvuga niba Ubushinwa buzishyura, Timmermans yabwiye RFI ko “Hano hari ibyo tutumvikanaho ariko ndizera ko icyifuzo cyacu  gishyingiye ku kuri gishobora kuziba icyuho.”

Yongeyeho ko "Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi wateye intambwe nini kandi no mu mishyikirano iyo ari yo yose uramutse uteye intambwe ariko urundi ruhande ntiruyitere ku ngingo runaka byarangira.”

Yavuze ko kandi “ iki ni igitekerezo twashyize ku meza y’ibiganiro ariko kandi ndatekereza ko kigeza kure  kinishimirwa ku rundi ruhande.”

Timmermans yavuze ko, mu byumweru bibiri bishize, Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi wakoze ibishoboka byose kugira ngo uhoshe icyuho cy’igihombo n’ibyangiritse, ikibazo cyari gikomeye  mu mishyikirano yabereye mu Misiri/ Egypt bituma hakorwa amasezerano ya nyuma ku bijyanye n’ikirere.

Ati: “Ubu twakoze imbanziriza mushinga …[ikibazo] ni igihe kuko urundi ruhande rwatangiye gutera intambwe.”

 

kwamamaza

EU yasabye ko hashyirwaho ikigega gishyira igitutu ku bihugu birimo Ubushinwa.

EU yasabye ko hashyirwaho ikigega gishyira igitutu ku bihugu birimo Ubushinwa.

 Nov 18, 2022 - 14:00

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi [EU] wasabye ko hashyirwaho ikigega cyakwifashishwa mu guhangana n’ingaruka zatewe n’imihindagurikire y’ikirere, bishyira igitutu ku bihugu byohereza ibyuka byinshi mu kirere birimo Ubushinwa, bisabwa kugira icyo bibikoraho. Ubu busabe bwatanzwe mu biganiro bya nyuma nu nama ya COP27 yabereye mu Misiri/ Egypt.

kwamamaza

EU ivuga ko icyo kigega kizakuraho inzitizi z’ishingiye ku bushobozi ku bihugu bikennye bigirwaho ingaruka n’imindagurikire y’ikirere, ariko bisa n’ibishyira igitutu ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere byohereza ibyuka mu kirere, cyane nk’Ubushinwa busabwa kugira icyo bushyiramo.

Frans Timmermans, umuyobozi wungirije wa komisiyo y’Uburayi, ku wa gatanu  yekeje ko umuryango w’ubumwe bw’Uburayi wemera ikigerga cy’igihombo n’ingangijwe, bimwe mu byagaragajwe mu byifuzo by’ibanze by’itsinda rya G-77 ry’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere n’ Ubushinwa  bigomba kugira icyo bitanga kigaragara muri icyo kigega.

Kugeza ubu Ubushinwa bwirinze gufata inshingano iyo ari yo yose yo gutanga ubufasha mu rwego rw’imari ku bihugu bigirwaho n’ingaruka n’ibyuka byoherezwa mu kirere , nubwo iki gihugu kiza imbere mu kohereza ibyo byuka ndetse no ku mwanya wa kabiri mu  bihugu bikize ku isi.

Imiterere y’ikirere atajyanye n'igihe

Mu Masezerano y’umuryango w’abibumbye yo mu 1992 yerekeye imihindagurikire y’ikirere, Ubushinwa buracyari mu bihugu biri mu nzira ry’amajyambere.

Timmermans yabwiye itangazamakuru y’uko ikigega cy’igihombo n’ibyangiritse kigomba gukurikiza amasezerano y’i Paris kandi bakita ku miterere y’ubukungu bw’ibihugu yo mur’uyu mwaka w’ 2022 ,atari ubwo muri1992, nk’uko byifuzwa na G-77.

Mu kuvuga niba Ubushinwa buzishyura, Timmermans yabwiye RFI ko “Hano hari ibyo tutumvikanaho ariko ndizera ko icyifuzo cyacu  gishyingiye ku kuri gishobora kuziba icyuho.”

Yongeyeho ko "Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’i Burayi wateye intambwe nini kandi no mu mishyikirano iyo ari yo yose uramutse uteye intambwe ariko urundi ruhande ntiruyitere ku ngingo runaka byarangira.”

Yavuze ko kandi “ iki ni igitekerezo twashyize ku meza y’ibiganiro ariko kandi ndatekereza ko kigeza kure  kinishimirwa ku rundi ruhande.”

Timmermans yavuze ko, mu byumweru bibiri bishize, Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi wakoze ibishoboka byose kugira ngo uhoshe icyuho cy’igihombo n’ibyangiritse, ikibazo cyari gikomeye  mu mishyikirano yabereye mu Misiri/ Egypt bituma hakorwa amasezerano ya nyuma ku bijyanye n’ikirere.

Ati: “Ubu twakoze imbanziriza mushinga …[ikibazo] ni igihe kuko urundi ruhande rwatangiye gutera intambwe.”

kwamamaza