Burera: Bishyuzwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu

Burera: Bishyuzwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu

Abaturage bo mu mirenge ya  Rusarabuye na Rwerere barinubira kugurishwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu. Ubuyobozi bw'akarere buvuga ko bugiye kubikurikirana kuko byaba ari Ruswa mu nzego z’ibanze.

kwamamaza

 

Abatuye mu mirengo yombo ya Rusarabuye na Rwerere yo mu karere ka Burera bifashishije ingero z'amafaranga bacibwa kugira ngo bageze ikibazo cyabo mu nzego zibanze bakavuga ko babyinubira.

Hari kandi nayo bacibwa kugirango bahabwe zimwe muri gahunda zashiriwe gukura abaturage mu bukene.

Umwe yagize ati: “inkunga ziraza n’ubundi zigafata ba bandi bazifashe! njywe nabihagararaho, biriho. Udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 nta nka baguha. N’uyifite yumva yayigurisha bakamuha indi. Kubera ko ubuyibozi, barazigua nyine! Wayitahana se nta mafaranga ubonye!”

Undi ati“ narasotse muri Girinka banyaka ibihumbi 40! None nabikura hehe? Njyewe muri iyi minsi naje kuboneka mubaqzahabwa Girinka noneho ngiye kwireba nsanga bankuyemo! Mu kubakirwa nza gusohoka mu batishoboye, ibyo byose nta na kimwe nari nabona! Mu mudugudu bankuyemo!”

“udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 cyangwa 30 ntibaguha iyo nka!”

Basaba ko nzego zibanze banoza imikoranire, maze ibyo leta igenera abaturage bayo bikabageraho binyuze mu mucyo.

Umwe ati: “abazibona ni abikomeje barabona icyo kiziriko, wowe utarakibona ntabwo bayiguha.”

Icyakora MUKAMANA Soline; Umuyobozi w'akarere ka Burera, avuga ko bagiye gukurikina iki kibazo cy’abayobozi bishiza abaturage serivise babagomba kuko byaba ari ruswa.

Ati: “turimo kugenda tubakangurira nyine, ni gahunda igamije gusobanurira abaturage gahunda za Leta bakazumva bakazisobanukirwa, harimo n’imitangire ya servise zigurwa na serivise zitagirwa ubuntu. Rero gahunda ya Girinka ni inka umuturage ahabwa ku buntu, amabwiriza yayo arahari.  Ngira ngo nkangurire abaturage , nkunda kubivugaho rwose, ntibazajye bemera gutanga ruswa, ahubw

Burera: Bishyuzwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu

 

Abaturage bo mu mirenge ya  Rusarabuye na Rwerere barinubira kugurishwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu. Ubuyobozi bw'akarere buvuga ko bugiye kubikurikirana kuko byaba ari Ruswa mu nzego z’ibanze.

 

Abatuye mu mirengo yombo ya Rusarabuye na Rwerere yo mu karere ka Burera bifashishije ingero z'amafaranga bacibwa kugira ngo bageze ikibazo cyabo mu nzego zibanze bakavuga ko babyinubira.

Hari kandi nayo bacibwa kugirango bahabwe zimwe muri gahunda zashiriwe gukura abaturage mu bukene.

Umwe yagize ati: “inkunga ziraza n’ubundi zigafata ba bandi bazifashe! njywe nabihagararaho, biriho. Udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 nta nka baguha. N’uyifite yumva yayigurisha bakamuha indi. Kubera ko ubuyibozi, barazigua nyine! Wayitahana se nta mafaranga ubonye!”

Undi ati“ narasotse muri Girinka banyaka ibihumbi 40! None nabikura hehe? Njyewe muri iyi minsi naje kuboneka mubaqzahabwa Girinka noneho ngiye kwireba nsanga bankuyemo! Mu kubakirwa nza gusohoka mu batishoboye, ibyo byose nta na kimwe nari nabona! Mu mudugudu bankuyemo!”

“udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 cyangwa 30 ntibaguha iyo nka!”

Basaba ko nzego zibanze banoza imikoranire, maze ibyo leta igenera abaturage bayo bikabageraho binyuze mu mucyo.

Umwe ati: “abazibona ni abikomeje barabona icyo kiziriko, wowe utarakibona ntabwo bayiguha.”

Icyakora MUKAMANA Soline; Umuyobozi w'akarere ka Burera, avuga ko bagiye gukurikina iki kibazo cy’abayobozi bishiza abaturage serivise babagomba kuko byaba ari ruswa.

Ati: “turimo kugenda tubakangurira nyine, ni gahunda igamije gusobanurira abaturage gahunda za Leta bakazumva bakazisobanukirwa, harimo n’imitangire ya servise zigurwa na serivise zitagirwa ubuntu. Rero gahunda ya Girinka ni inka umuturage ahabwa ku buntu, amabwiriza yayo arahari.  Ngira ngo nkangurire abaturage , nkunda kubivugaho rwose, ntibazajye bemera gutanga ruswa, ahubwo bazajye badutungira agatoki kuko ruswa imunga igihugu.”

“ tubashishikariza no kudutungira agatoki aho byaba biri kugira ngo tubikurikirane.”

Kuba hari zimwe muri serivise za leta ubusanzwe zitangirwa abuntu, ariko abatuye mu murenge ya Risarabuye na Rwerere bahamya ko bazishyuzwa, bemeza ko ibyo biheza bamwe mu batishoboye muri gahunda zibagenewe.

Kwishyuza amafaranga abatishoboye muri gahunda zashizweho na leta kugira ngo zunganire abakiri mu murongo w'ubukene [abatishoboye] si muri aka karere gusa, kuko bikunze kumvikana  hirya no hino mu gihugu. Hari n’abo bigaragaraho bakanabikuriranwaho n'inzego hireba, ibisaba ko ababifite mu nshingano basuzuma niba harimo ibitumvikanye neza bakongera  kubisobanurirwa.

@Emmanuel BIZIMANA/ Isango Star - Burera.

o bazajye badutungira agatoki kuko ruswa imunga igihugu.”

“ tubashishikariza no kudutungira agatoki aho byaba biri kugira ngo tubikurikirane.”

Kuba hari zimwe muri serivise za leta ubusanzwe zitangirwa abuntu, ariko abatuye mu murenge ya Risarabuye na Rwerere bahamya ko bazishyuzwa, bemeza ko ibyo biheza bamwe mu batishoboye muri gahunda zibagenewe.

Kwishyuza amafaranga abatishoboye muri gahunda zashizweho na leta kugira ngo zunganire abakiri mu murongo w'ubukene [abatishoboye] si muri aka karere gusa, kuko bikunze kumvikana  hirya no hino mu gihugu. Hari n’abo bigaragaraho bakanabikuriranwaho n'inzego hireba, ibisaba ko ababifite mu nshingano basuzuma niba harimo ibitumvikanye neza bakongera  kubisobanurirwa.

@Emmanuel BIZIMANA/ Isango Star - Burera.

 

kwamamaza

Burera: Bishyuzwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu

Burera: Bishyuzwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu

 Feb 14, 2024 - 19:05

Abaturage bo mu mirenge ya  Rusarabuye na Rwerere barinubira kugurishwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu. Ubuyobozi bw'akarere buvuga ko bugiye kubikurikirana kuko byaba ari Ruswa mu nzego z’ibanze.

kwamamaza

Abatuye mu mirengo yombo ya Rusarabuye na Rwerere yo mu karere ka Burera bifashishije ingero z'amafaranga bacibwa kugira ngo bageze ikibazo cyabo mu nzego zibanze bakavuga ko babyinubira.

Hari kandi nayo bacibwa kugirango bahabwe zimwe muri gahunda zashiriwe gukura abaturage mu bukene.

Umwe yagize ati: “inkunga ziraza n’ubundi zigafata ba bandi bazifashe! njywe nabihagararaho, biriho. Udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 nta nka baguha. N’uyifite yumva yayigurisha bakamuha indi. Kubera ko ubuyibozi, barazigua nyine! Wayitahana se nta mafaranga ubonye!”

Undi ati“ narasotse muri Girinka banyaka ibihumbi 40! None nabikura hehe? Njyewe muri iyi minsi naje kuboneka mubaqzahabwa Girinka noneho ngiye kwireba nsanga bankuyemo! Mu kubakirwa nza gusohoka mu batishoboye, ibyo byose nta na kimwe nari nabona! Mu mudugudu bankuyemo!”

“udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 cyangwa 30 ntibaguha iyo nka!”

Basaba ko nzego zibanze banoza imikoranire, maze ibyo leta igenera abaturage bayo bikabageraho binyuze mu mucyo.

Umwe ati: “abazibona ni abikomeje barabona icyo kiziriko, wowe utarakibona ntabwo bayiguha.”

Icyakora MUKAMANA Soline; Umuyobozi w'akarere ka Burera, avuga ko bagiye gukurikina iki kibazo cy’abayobozi bishiza abaturage serivise babagomba kuko byaba ari ruswa.

Ati: “turimo kugenda tubakangurira nyine, ni gahunda igamije gusobanurira abaturage gahunda za Leta bakazumva bakazisobanukirwa, harimo n’imitangire ya servise zigurwa na serivise zitagirwa ubuntu. Rero gahunda ya Girinka ni inka umuturage ahabwa ku buntu, amabwiriza yayo arahari.  Ngira ngo nkangurire abaturage , nkunda kubivugaho rwose, ntibazajye bemera gutanga ruswa, ahubw

Burera: Bishyuzwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu

 

Abaturage bo mu mirenge ya  Rusarabuye na Rwerere barinubira kugurishwa serivise za Leta zisanzwe zitangirwa ubuntu. Ubuyobozi bw'akarere buvuga ko bugiye kubikurikirana kuko byaba ari Ruswa mu nzego z’ibanze.

 

Abatuye mu mirengo yombo ya Rusarabuye na Rwerere yo mu karere ka Burera bifashishije ingero z'amafaranga bacibwa kugira ngo bageze ikibazo cyabo mu nzego zibanze bakavuga ko babyinubira.

Hari kandi nayo bacibwa kugirango bahabwe zimwe muri gahunda zashiriwe gukura abaturage mu bukene.

Umwe yagize ati: “inkunga ziraza n’ubundi zigafata ba bandi bazifashe! njywe nabihagararaho, biriho. Udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 nta nka baguha. N’uyifite yumva yayigurisha bakamuha indi. Kubera ko ubuyibozi, barazigua nyine! Wayitahana se nta mafaranga ubonye!”

Undi ati“ narasotse muri Girinka banyaka ibihumbi 40! None nabikura hehe? Njyewe muri iyi minsi naje kuboneka mubaqzahabwa Girinka noneho ngiye kwireba nsanga bankuyemo! Mu kubakirwa nza gusohoka mu batishoboye, ibyo byose nta na kimwe nari nabona! Mu mudugudu bankuyemo!”

“udafite ikiziriko cy’ibihumbi 20 cyangwa 30 ntibaguha iyo nka!”

Basaba ko nzego zibanze banoza imikoranire, maze ibyo leta igenera abaturage bayo bikabageraho binyuze mu mucyo.

Umwe ati: “abazibona ni abikomeje barabona icyo kiziriko, wowe utarakibona ntabwo bayiguha.”

Icyakora MUKAMANA Soline; Umuyobozi w'akarere ka Burera, avuga ko bagiye gukurikina iki kibazo cy’abayobozi bishiza abaturage serivise babagomba kuko byaba ari ruswa.

Ati: “turimo kugenda tubakangurira nyine, ni gahunda igamije gusobanurira abaturage gahunda za Leta bakazumva bakazisobanukirwa, harimo n’imitangire ya servise zigurwa na serivise zitagirwa ubuntu. Rero gahunda ya Girinka ni inka umuturage ahabwa ku buntu, amabwiriza yayo arahari.  Ngira ngo nkangurire abaturage , nkunda kubivugaho rwose, ntibazajye bemera gutanga ruswa, ahubwo bazajye badutungira agatoki kuko ruswa imunga igihugu.”

“ tubashishikariza no kudutungira agatoki aho byaba biri kugira ngo tubikurikirane.”

Kuba hari zimwe muri serivise za leta ubusanzwe zitangirwa abuntu, ariko abatuye mu murenge ya Risarabuye na Rwerere bahamya ko bazishyuzwa, bemeza ko ibyo biheza bamwe mu batishoboye muri gahunda zibagenewe.

Kwishyuza amafaranga abatishoboye muri gahunda zashizweho na leta kugira ngo zunganire abakiri mu murongo w'ubukene [abatishoboye] si muri aka karere gusa, kuko bikunze kumvikana  hirya no hino mu gihugu. Hari n’abo bigaragaraho bakanabikuriranwaho n'inzego hireba, ibisaba ko ababifite mu nshingano basuzuma niba harimo ibitumvikanye neza bakongera  kubisobanurirwa.

@Emmanuel BIZIMANA/ Isango Star - Burera.

o bazajye badutungira agatoki kuko ruswa imunga igihugu.”

“ tubashishikariza no kudutungira agatoki aho byaba biri kugira ngo tubikurikirane.”

Kuba hari zimwe muri serivise za leta ubusanzwe zitangirwa abuntu, ariko abatuye mu murenge ya Risarabuye na Rwerere bahamya ko bazishyuzwa, bemeza ko ibyo biheza bamwe mu batishoboye muri gahunda zibagenewe.

Kwishyuza amafaranga abatishoboye muri gahunda zashizweho na leta kugira ngo zunganire abakiri mu murongo w'ubukene [abatishoboye] si muri aka karere gusa, kuko bikunze kumvikana  hirya no hino mu gihugu. Hari n’abo bigaragaraho bakanabikuriranwaho n'inzego hireba, ibisaba ko ababifite mu nshingano basuzuma niba harimo ibitumvikanye neza bakongera  kubisobanurirwa.

@Emmanuel BIZIMANA/ Isango Star - Burera.

kwamamaza