Ubukungu
Barasaba umuyobozi gukurikirana ikibazo cya Rifani bahawe...
Abanyamuryango ba koperative 'Tuzamurane Kigoma' yo mu karere ka Ngoma barasaba ubuyobozi gukurikirana ikibazo cya Rifani bahawe....
Nyamagabe: Gukorana n'ibigo by'imari byatumye bahindura...
Abaturage baravuga ko kuva batangira gukorana na Umurenge SACCO, byafashije binabatoza umuco wo kuzigama, bagera ku ntego bihaye bitandukanye...
Musanze:batunguwe n'imashini yazindutse zibarandurira imyaka,...
Abaturage bo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Kimonyi baravuga ko batunguwe n'imashini ikora imihanda yaje ikabarandurira imyaka,...
Gisagara-Rwasave: barataka gukatwa amafaranga ya mituweli...
Abahinzi b'umuceri mu gishanga cya Rwasave barasaba kurenganurwa, nyuma yaho bamaze igihe bajya kwivuza bakangirwa kandi koperative...
Ngoma: Abahinzi b'ibigori barataka kugurirwa ku giciro...
Hari abahinzi b'ibigori bo muri aka karere bavuga ko batari kubona abaguzi babyo hafi babahera ku giciro cyiza kuko n'uwo bafite umwe...
Amajyepfo: Barasaba ubufasha bwo kubona imashini ihungura...
Bamwe mu bahinzi b’ibigori barasaba ko bafashwa kubona imashini z’ibihugura kuko uburyo bwa gakondo bwo kubihunguza intoki, basanga...
Burera: abahinzi b’ibitunguru barataka igihombo
Hari Abaturage bo mu mirenge ya Cyanika, Rugarama na Gahunga bahinga ibitunguru bavuga ko byabateye igihombo gikabije kuko bahinze...
Ihindagurika ry’ubukungu, Guta agaciro kw’ifaranga: bimwe...
Impuguke mu bukungu zisanga umuyobozi mukuru wa Banki nkuru y’u Rwanda uheruste gushyirwa mu nshingano agomba kwibandaho ari ukurinda...
Batewe impungenge n’ ahazaza h’ibiciro ku isoko nyuma y’izamuka...
Bamwe mu baturage baravuga ko batewe impugenge n’izamuka ry’imisoro riherutse gukorwa, aho bibaza uko ibiciro ku isoko bigiye guhagarara....
Hari impungenge ku buziranenge bw’inyama zicuruzwa hatazwi...
Hari abaturage bo mu ntara y’Iburasirazuba bavuga ko iyo bagiye kugura inyama mu bazicuruza batinya kubaza aho zakomotse n’uko zabazwe....
Kiny
Eng
Fr





