Amavubi y'abatarengeje imyaka 18 yerekeje muri Kenya.

Amavubi y'abatarengeje imyaka 18 yerekeje muri Kenya.

Amavubi y’abatarengeje imyaka 18, yamaze kugera muri Kenya aho yitabiriye imikino ya CECAFA U-18 iteganyijwe gutangira muri iki gihugu mu mpera z’iki cyumweru.

kwamamaza

 

Ni imikino izaba guhera 25 Ugushyingo kugera ku wa 8 Ukuboza 2023 aho izabera ku kibuga biriri icya Kisumu Stadium kiri mu Mujyi wa Kisumu, umujyi wa 3 munini muri Kenya nyuma ya Nairobi na Mombasa. 

Iyi kipe iyobowe na Kayiranga Jean Baptiste nk’umutoza mukuru, yungirijwe na Lomami Marcel na Peter Otema ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi, yahagarukanye abakinnyi 22.

U Rwanda rwahagurutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ugushyingo 2023, ruri mu itsinda A rizakinira Kisumu, ririmo Kenya, Somalia na Sudani. Umukino wa mbere u Rwanda ruzawukina na Somalia ku wa Gatandatu w’iki cyumweru.

Abakinnyi 22 bagiye: Kwizera Pacifique, Niyigena Abdul, Ishimwe Moïse, Irakoze Jean Paul, Sibomana Sultan Bobo, Tinyimana Elisa, Hoziana Kennedy, Ruhamyankiko Yvan, Ishimwe Chris, Byiringiro Eric, Iradukunda Pascal;

Ndayishimiye Barthazard, Irakoze Wilson, Rukundo Olivier, David Okoce, Ntwari Anselme, Niyonkuru Protogene, Ntwari Muhadjiruna, Byiringiro Benoin, Ndayishimiye Didier, Kwizera Ahmed na Kabera Bonheur.

Gakunzi Blaise / Isango Star

 

kwamamaza

Amavubi y'abatarengeje imyaka 18 yerekeje muri Kenya.

Amavubi y'abatarengeje imyaka 18 yerekeje muri Kenya.

 Nov 23, 2023 - 21:18

Amavubi y’abatarengeje imyaka 18, yamaze kugera muri Kenya aho yitabiriye imikino ya CECAFA U-18 iteganyijwe gutangira muri iki gihugu mu mpera z’iki cyumweru.

kwamamaza

Ni imikino izaba guhera 25 Ugushyingo kugera ku wa 8 Ukuboza 2023 aho izabera ku kibuga biriri icya Kisumu Stadium kiri mu Mujyi wa Kisumu, umujyi wa 3 munini muri Kenya nyuma ya Nairobi na Mombasa. 

Iyi kipe iyobowe na Kayiranga Jean Baptiste nk’umutoza mukuru, yungirijwe na Lomami Marcel na Peter Otema ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi, yahagarukanye abakinnyi 22.

U Rwanda rwahagurutse mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Ugushyingo 2023, ruri mu itsinda A rizakinira Kisumu, ririmo Kenya, Somalia na Sudani. Umukino wa mbere u Rwanda ruzawukina na Somalia ku wa Gatandatu w’iki cyumweru.

Abakinnyi 22 bagiye: Kwizera Pacifique, Niyigena Abdul, Ishimwe Moïse, Irakoze Jean Paul, Sibomana Sultan Bobo, Tinyimana Elisa, Hoziana Kennedy, Ruhamyankiko Yvan, Ishimwe Chris, Byiringiro Eric, Iradukunda Pascal;

Ndayishimiye Barthazard, Irakoze Wilson, Rukundo Olivier, David Okoce, Ntwari Anselme, Niyonkuru Protogene, Ntwari Muhadjiruna, Byiringiro Benoin, Ndayishimiye Didier, Kwizera Ahmed na Kabera Bonheur.

Gakunzi Blaise / Isango Star

kwamamaza