Amakuru
Urubyiruko rurasaba koroherezwa kubona amafaranga yo gushyira...
Bamwe mu rubyiruko bo mu ntara y’iburasirazuba bavuga ko kubona inguzanyo mu bigo by’imari bigoranye ndetse no kugira ngo Ikigega...
Gisagara: Barasaba imbuga zo kwanikaho umuceri basarura
Mu karere ka Gisagara, abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Kabogobogo, baravuga ko babangamiwe no kuba badafite imbuga banikaho umusaruro...
Rwamagana: Umugabo yishe umugore amukubise isuka
Mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Mwulire umugabo yishe umugore we amukubise isuka mu musaya ahita atoroka, abaturage barasaba...
Nyaruguru/Nshili-Kivu: Icyayi gikomeje guteza imbere abahinzi...
Abahinzi n’abasoromyi b’icyayi baragaragaza ko ubuhinzi bw'icyayi bumaze kubateza imbere. Mu kubashimira, Ubuyobozi bwanabasabye kongera...
Barashima urwego bagezeho mu micire y'imanza ariko hari...
Mu gihe Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga asaba abacamanza gushyira imbaraga mu mikirize y’imanza, bamwe mu bacamanza baravuga ko hakiri...
Abanyarwanda barasaba kongererwa umutekano mu gihe cy'iminsi...
Bamwe mu banyarwanda baravuga ko nubwo igihe cy’iminsi mikuru abantu baba bagomba kwishima bagasabana ariko ko umutekano ugomba gukazwa...
Abahinzi b'ibigori barasaba kurindwa igihombo n'ababagurira...
Hari abahinzi bo mu karere ka Kayonza basaba ko ibigo biba byaratsindiye amasoko yo kubagurira umusaruro byajya babasanga aho basaruriye...
Abamotari barasabwa kutagenda bavugira kuri telephone no...
Mu gihe turi kwegereza iminsi mikuru Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda rivuga ko umutekano uhari, ariko mu...
Mu masoko ya leta akomeje kuba mu bwiru atera icyuho cya...
Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International ishami ry’u Rwanda, wagaragaje ko hakiri icyuho mu mitangire y’amasoko...
Nyanza: Babangamiwe n’imikorere mibi muri serivisi z’ubutaka
Abaturage baravuga ko babangamiwe n’imikorere mibi muri serivisi z’ubutaka kuko zitinda cyane. izo zirimo nko gusaba ibyangombwa byo...
Kiny
Eng
Fr





