Abafatanyije n'umutekamutwe kubeshya akazi urubyiruko batawe muri yombi

Abafatanyije n'umutekamutwe kubeshya akazi urubyiruko batawe muri yombi

kwamamaza

 

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu ntara y'Iburasirazuba, ruratangaza ko rwamaze guta muri yombi abakorana n'umutekamutwe watekeye umutwe urubyiruko arwizeza akazi akarutwara amafaranga. Ruvuga ko hasigaye uwo ubabakuriye.

Abakoranye n'uyu mutekamutwe  batawe muti yombi nyuma y'uko ku wa gatatu, ku ya 3 Mata (04) , ku kigo cy'urubyiruko mu karere ka Rwamagana,mu cyanya cy'inganda muri aka karere ndetse no mu karere ka Kayonza,haramukiye urubyiruko rwinshi rwari rwaje guhabwa akazi nyuma yo kwishyura ibihumbi hafi 21 by'amanyarwanda ariko ruhageze rusanga rwatekewe umutwe.

Mu kiganiro n'itangazamakuru,Umuyobozi wa RIB mu ntara y'Iburasirazuba,Rutaro Hubert , yavuze ko  uwo mutekamutwe yifashishaga Kampani yitwa Vision Care atekera umutwe urubyiruko, ariko abo bakorana bafashwe ndetse nawe  arimo gushakishwa kugira ngo atabwe muri yombi.

<iframe width="560" height="315" src="https://www.youtube.com/embed/VsFskQZnZDw?si=ED5TQKBrQkwUNi5k" title="YouTube video player" frameborder="0" allow="accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share" referrerpolicy="strict-origin-when-cross-origin" allowfullscreen></iframe>

 

kwamamaza

Abafatanyije n'umutekamutwe kubeshya akazi urubyiruko batawe muri yombi

Abafatanyije n'umutekamutwe kubeshya akazi urubyiruko batawe muri yombi

 Apr 5, 2024 - 15:40

kwamamaza

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha mu ntara y'Iburasirazuba, ruratangaza ko rwamaze guta muri yombi abakorana n'umutekamutwe watekeye umutwe urubyiruko arwizeza akazi akarutwara amafaranga. Ruvuga ko hasigaye uwo ubabakuriye.

Abakoranye n'uyu mutekamutwe  batawe muti yombi nyuma y'uko ku wa gatatu, ku ya 3 Mata (04) , ku kigo cy'urubyiruko mu karere ka Rwamagana,mu cyanya cy'inganda muri aka karere ndetse no mu karere ka Kayonza,haramukiye urubyiruko rwinshi rwari rwaje guhabwa akazi nyuma yo kwishyura ibihumbi hafi 21 by'amanyarwanda ariko ruhageze rusanga rwatekewe umutwe.

Mu kiganiro n'itangazamakuru,Umuyobozi wa RIB mu ntara y'Iburasirazuba,Rutaro Hubert , yavuze ko  uwo mutekamutwe yifashishaga Kampani yitwa Vision Care atekera umutwe urubyiruko, ariko abo bakorana bafashwe ndetse nawe  arimo gushakishwa kugira ngo atabwe muri yombi.

<iframe width="560" height="315" src="https://www.youtube.com/embed/VsFskQZnZDw?si=ED5TQKBrQkwUNi5k" title="YouTube video player" frameborder="0" allow="accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share" referrerpolicy="strict-origin-when-cross-origin" allowfullscreen></iframe>

kwamamaza