Urugomero rwa Zaporijjia: Ukraine n’ Uburusiya biritana bamwana ku gukora igitero cy’ubushotoranyi.

Urugomero rwa Zaporijjia: Ukraine n’ Uburusiya biritana bamwana ku gukora igitero cy’ubushotoranyi.

Ukraine yashinje leta ya Moscou kuba yarateguye igitero cy'ubushotoranyi ku ruganda rwa Nukleyeli [ruherereye mu majyepfo] rwigaruriwe n'ingabo z'Uburusiya, mu gihe Uburusiya bwemeza ko Ukraine irimo kuhategura igitero.

kwamamaza

 

 Ingabo za Ukraine zaburiye ko mu minsi ya vuba hashobora gutegurwa igitero cy'ubushotoranyi ku butaka bw'uruganda rwa Nikleyeli rutanga amashanyarazi rwa Zaporizhia.

Zivuga ko hamaze iminsi hari ibintu bisa n'ibiturika byashyizwe hejuru y'inyubako bifite reactor ya 3 na 4.

Ingabo ziburira ko leta ya Moscou itanga amakuru atari yo kuri iyo ngingo, kiti "Ibyo ntirigomba kwangiza za generateri, ahubwo ritanga uburyo bw' ibiturika ku ruhande rwa Ukraine, hakurikireho igisilikari."

Uburusiya bwatangaje ko Ukraine izakoresha za drone.

Ku rundi ruhande, ibiro ntaramakuru by'Ubufaransa, AFP, bitangaza ko i Moscou, Renat Karchaa; umujyanama  w'uruganda rukomeye rw'ingufu kirimbuzi z' Uburusiya Rosatom, yashinje Ukraine gutegura igitero ku ruganda.

Mu kiganiro na televisiyo yo mu Burusiya, yagize ati:"uyu munsi, twakiriye amakuru nemerewe gutangaza. Ku ya 5 Nyakanga (07), mu masaha y'ijoro, mu mwijima mwinshi, ingabo za Ukraine zagerageje kugaba igitero ku ruganda rwa Nikleyeli rwa Zaporizhia."

Yemeza ko Ukraine yateguye gukoresha "intwaro zikomeye hamwe n'indege zitagira abapilote (drone).

ku ruganda, hari impungenge

Ingabo z'Uburusiya zigaruriye uruganda rwa Nikleyeli rwa Zaporizhia ku ya 4 Werurwe (03) 2022, rwarashweho amasasu menshi ndetse nk' uruganda rwa mbere runini rutanga amashanyarazi ku mugabane w'Uburayi ntirwongera gutanga amashanyarazi inshuro nyinshi.

Icyakora Ukraine ivuga ko Uburusiya bwashyize ingabo zabwo n'intwaro muri urwo ruganda. 

Isenyuka ry' urugomero rwa Kakhovka muri Gisurasi (05) ruherereye mu majyepfo rwigaruriwe n'Uburusiya rwongeye impungenge z'uko rwakonjesheje reacteur 6 z' uru ruganda rwa Nikleyeli.

Ku ya 22 Kamena (06), Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje Uburusiya gutegura igitero cy’iterabwoba kirimo imirasire yo ku ruganda rwa Zaporizhia, ariko Uburusiya buhitta bubyamaganiira kure.

 

kwamamaza

Urugomero rwa Zaporijjia: Ukraine n’ Uburusiya biritana bamwana ku gukora igitero cy’ubushotoranyi.

Urugomero rwa Zaporijjia: Ukraine n’ Uburusiya biritana bamwana ku gukora igitero cy’ubushotoranyi.

 Jul 6, 2023 - 08:16

Ukraine yashinje leta ya Moscou kuba yarateguye igitero cy'ubushotoranyi ku ruganda rwa Nukleyeli [ruherereye mu majyepfo] rwigaruriwe n'ingabo z'Uburusiya, mu gihe Uburusiya bwemeza ko Ukraine irimo kuhategura igitero.

kwamamaza

 Ingabo za Ukraine zaburiye ko mu minsi ya vuba hashobora gutegurwa igitero cy'ubushotoranyi ku butaka bw'uruganda rwa Nikleyeli rutanga amashanyarazi rwa Zaporizhia.

Zivuga ko hamaze iminsi hari ibintu bisa n'ibiturika byashyizwe hejuru y'inyubako bifite reactor ya 3 na 4.

Ingabo ziburira ko leta ya Moscou itanga amakuru atari yo kuri iyo ngingo, kiti "Ibyo ntirigomba kwangiza za generateri, ahubwo ritanga uburyo bw' ibiturika ku ruhande rwa Ukraine, hakurikireho igisilikari."

Uburusiya bwatangaje ko Ukraine izakoresha za drone.

Ku rundi ruhande, ibiro ntaramakuru by'Ubufaransa, AFP, bitangaza ko i Moscou, Renat Karchaa; umujyanama  w'uruganda rukomeye rw'ingufu kirimbuzi z' Uburusiya Rosatom, yashinje Ukraine gutegura igitero ku ruganda.

Mu kiganiro na televisiyo yo mu Burusiya, yagize ati:"uyu munsi, twakiriye amakuru nemerewe gutangaza. Ku ya 5 Nyakanga (07), mu masaha y'ijoro, mu mwijima mwinshi, ingabo za Ukraine zagerageje kugaba igitero ku ruganda rwa Nikleyeli rwa Zaporizhia."

Yemeza ko Ukraine yateguye gukoresha "intwaro zikomeye hamwe n'indege zitagira abapilote (drone).

ku ruganda, hari impungenge

Ingabo z'Uburusiya zigaruriye uruganda rwa Nikleyeli rwa Zaporizhia ku ya 4 Werurwe (03) 2022, rwarashweho amasasu menshi ndetse nk' uruganda rwa mbere runini rutanga amashanyarazi ku mugabane w'Uburayi ntirwongera gutanga amashanyarazi inshuro nyinshi.

Icyakora Ukraine ivuga ko Uburusiya bwashyize ingabo zabwo n'intwaro muri urwo ruganda. 

Isenyuka ry' urugomero rwa Kakhovka muri Gisurasi (05) ruherereye mu majyepfo rwigaruriwe n'Uburusiya rwongeye impungenge z'uko rwakonjesheje reacteur 6 z' uru ruganda rwa Nikleyeli.

Ku ya 22 Kamena (06), Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje Uburusiya gutegura igitero cy’iterabwoba kirimo imirasire yo ku ruganda rwa Zaporizhia, ariko Uburusiya buhitta bubyamaganiira kure.

kwamamaza