Rayon sports yahagaritse uwari umutoza wayo itandukana na myugariro wayo.

Rayon sports yahagaritse uwari umutoza wayo itandukana na myugariro wayo.

Ikipe ya Rayon sports ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere yahagaritse Afhamia Lotfi n'umwungiriza we, inatandukana na Nsabimana aimable wari myugariro wayo.

kwamamaza

 

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibyo ikipe kipe ya Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse umutoza Afahmia Lotfi n’umwungiriza we wa kabiri, Azouz Lotfi, aba bombi bari bafite inshingano zo gutoza iyi kipe, ibi byabaye nyuma y'umwuka utari mwiza wari umaze iminsi hagati y'ubuyobozi bw'iyikipe naba batoza.

Lotfi yahagaritswe ku nshingano zo gutoza iyi kipe kubera gushijwa umusaruro nyene,  Aba bombi bitabiriye imyitozo yabereye mu Nzove kuri uyu wa Mbere, ariko bahava badatoje mu masaha abiri bahamaze nyuma yo kuganira n'ubuyobozi bahise bigendera iyi myitozo icyirimo kuko ubwo yariri kuba bari biyicariye ku ruhande rw'ikibuga, nyuma yo kudaloresha imyitozo hakurikiweho kubwirwa na ekipe ko bahagaritswe mu nshingano zabo.

Mu mikimo itanu (5) uyu mutoza yatoje Rayon sports hatabariwemo iya gishuti yatsinze umukino umwe(1) , atsindwa imikino itatu ndetse anganya umukino umwe (1), Gikundiro yatangaje ko mutoza Wungirije w’Umurundi, Haruna Ferouz, ariwe  usigarana ikipe akazatoza umukino wa Rutsiro FC ku wa Gatandatu, ku Munsi wa Kane wa Shampiyona.

Kurundi ruhande kandi iyi kipe ya Rayon sports yatangaje ko itazakomezanya n'uwari myugariro wayo Nsabimana aimable wamaze gutandukana nayo ni nyuma yaho yaramaze iminsi adakina muri iyi kipe kubera ibibazo by'ibihano yaramazemo iminsi 

 

kwamamaza

Rayon sports yahagaritse uwari umutoza wayo itandukana na myugariro wayo.

Rayon sports yahagaritse uwari umutoza wayo itandukana na myugariro wayo.

 Oct 13, 2025 - 23:49

Ikipe ya Rayon sports ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere yahagaritse Afhamia Lotfi n'umwungiriza we, inatandukana na Nsabimana aimable wari myugariro wayo.

kwamamaza

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibyo ikipe kipe ya Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse umutoza Afahmia Lotfi n’umwungiriza we wa kabiri, Azouz Lotfi, aba bombi bari bafite inshingano zo gutoza iyi kipe, ibi byabaye nyuma y'umwuka utari mwiza wari umaze iminsi hagati y'ubuyobozi bw'iyikipe naba batoza.

Lotfi yahagaritswe ku nshingano zo gutoza iyi kipe kubera gushijwa umusaruro nyene,  Aba bombi bitabiriye imyitozo yabereye mu Nzove kuri uyu wa Mbere, ariko bahava badatoje mu masaha abiri bahamaze nyuma yo kuganira n'ubuyobozi bahise bigendera iyi myitozo icyirimo kuko ubwo yariri kuba bari biyicariye ku ruhande rw'ikibuga, nyuma yo kudaloresha imyitozo hakurikiweho kubwirwa na ekipe ko bahagaritswe mu nshingano zabo.

Mu mikimo itanu (5) uyu mutoza yatoje Rayon sports hatabariwemo iya gishuti yatsinze umukino umwe(1) , atsindwa imikino itatu ndetse anganya umukino umwe (1), Gikundiro yatangaje ko mutoza Wungirije w’Umurundi, Haruna Ferouz, ariwe  usigarana ikipe akazatoza umukino wa Rutsiro FC ku wa Gatandatu, ku Munsi wa Kane wa Shampiyona.

Kurundi ruhande kandi iyi kipe ya Rayon sports yatangaje ko itazakomezanya n'uwari myugariro wayo Nsabimana aimable wamaze gutandukana nayo ni nyuma yaho yaramaze iminsi adakina muri iyi kipe kubera ibibazo by'ibihano yaramazemo iminsi 

kwamamaza