“Nta bihe by’ibiganiro by’amahoro biriho muri Ukraine.”Kremlin

“Nta bihe by’ibiganiro by’amahoro biriho muri Ukraine.”Kremlin

Ibiro bya Perezida w’Uburusiya byatangaje ko ibisabwa kugira ngo habe ibiganiro bigeza ku mahoro ku makimbirane y’Uburusiya na Ukraine bidahari mur’iki gihe. Ibi byatanjajwe kur’uyu wa mbere, nyuma yaho Ubushinwa bugaragaje uburyo hashakwe igisubizo bimyuze mu nzira za politiki.

kwamamaza

 

AFP ivuga ko Dmitry Peskov; umuvugizi wa Kreml, yagize ati: "Twibanze cyane kuri gahunda y’inshuti zacu z’Abashinwa. Kuri ubu, nta kintu na kimwe tubona gihari cyatuma iyi nkuru yose igera ku mahoro. "

Ubushinwa bumaze iminsi buhamagariye impande zihanganye guhagarika intambara ahubwo hagashakwa igisubizo binyuze mu biganiro.

Hashize umwaka Uburusiya bugabye intambara muri Ukraine ariko kuva yatangira Ubushinwa bwakomeje kwifata ndetse ntiyitabira ifatwa ry’ibihano by’ubukungu byatafite inshuto yabwo, ndetse ntirumvikana mu mvugo zita ko ibiba muri Ukraine ari intambara nk’uko bivugwa n’Iburengerazuba.

Kugaragaza ko bwifuza ko intambara yahagarara ndetse n’ibyakwifashisha byari byakiriwe neza na Putin, Perezida w’Uburusiya ariko Biden wa Amerika avuga ko avuga ko ibyo bigaragaza ko nta kintu kizima bizatanga.

Perezida wa Ukraine, Zelensky, yari yatangaje ko yishimiye intambwe yatewe n’Ubushinwa ariko bategereje intambwe izakurikira amagambo.

Ubushinwa bwari bwatangaje iyi gahunda mu bikorwa biri kuri page 12, byasaga n’ibitanga icyizere ko iki gihugu gishobora gutanga umusada ukomeye mu irangira ry’uru rugamba ruhangayikishije isi, ariko ubwo ibihugu bihuriye mu muryango w’ibihugu 20 bikize ku isi, iki gihugu cyanze guhuza umugambi umwe n’ibihugu by’iburengerazuba, kigaragaza ko kidashobora gutererana Uburusiya.

 

kwamamaza

“Nta bihe by’ibiganiro by’amahoro biriho muri Ukraine.”Kremlin

“Nta bihe by’ibiganiro by’amahoro biriho muri Ukraine.”Kremlin

 Feb 27, 2023 - 12:44

Ibiro bya Perezida w’Uburusiya byatangaje ko ibisabwa kugira ngo habe ibiganiro bigeza ku mahoro ku makimbirane y’Uburusiya na Ukraine bidahari mur’iki gihe. Ibi byatanjajwe kur’uyu wa mbere, nyuma yaho Ubushinwa bugaragaje uburyo hashakwe igisubizo bimyuze mu nzira za politiki.

kwamamaza

AFP ivuga ko Dmitry Peskov; umuvugizi wa Kreml, yagize ati: "Twibanze cyane kuri gahunda y’inshuti zacu z’Abashinwa. Kuri ubu, nta kintu na kimwe tubona gihari cyatuma iyi nkuru yose igera ku mahoro. "

Ubushinwa bumaze iminsi buhamagariye impande zihanganye guhagarika intambara ahubwo hagashakwa igisubizo binyuze mu biganiro.

Hashize umwaka Uburusiya bugabye intambara muri Ukraine ariko kuva yatangira Ubushinwa bwakomeje kwifata ndetse ntiyitabira ifatwa ry’ibihano by’ubukungu byatafite inshuto yabwo, ndetse ntirumvikana mu mvugo zita ko ibiba muri Ukraine ari intambara nk’uko bivugwa n’Iburengerazuba.

Kugaragaza ko bwifuza ko intambara yahagarara ndetse n’ibyakwifashisha byari byakiriwe neza na Putin, Perezida w’Uburusiya ariko Biden wa Amerika avuga ko avuga ko ibyo bigaragaza ko nta kintu kizima bizatanga.

Perezida wa Ukraine, Zelensky, yari yatangaje ko yishimiye intambwe yatewe n’Ubushinwa ariko bategereje intambwe izakurikira amagambo.

Ubushinwa bwari bwatangaje iyi gahunda mu bikorwa biri kuri page 12, byasaga n’ibitanga icyizere ko iki gihugu gishobora gutanga umusada ukomeye mu irangira ry’uru rugamba ruhangayikishije isi, ariko ubwo ibihugu bihuriye mu muryango w’ibihugu 20 bikize ku isi, iki gihugu cyanze guhuza umugambi umwe n’ibihugu by’iburengerazuba, kigaragaza ko kidashobora gutererana Uburusiya.

kwamamaza