Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero bimaze iminsi bigabwa ku basivile bo mu bice byegereye umupaka w’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero bimaze iminsi bigabwa ku basivile bo mu bice byegereye umupaka w’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi (FDNB) zifatanyije n’uruhurirane rw’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Wazalendo n’abacanshuro, bamaze iminsi bamisha ibisasu mu basivili bo mu bice byegereye umupaka w’u Rwanda, bifashishije indege z’intambara n’indege nto zitagira abapilote (Drone), aho umutwe wa AFC/M23 wabonye nta yandi mahitamo ifite uretse gusubiza ibyo bitero.

kwamamaza

 

Ni itangaza ryashyizwe hanze kuri uyu wa Gatatu na Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane rivuga y'u Rwanda ko inshingano zo kutubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano, ibitero bikomeje n'imirwano muri Kivu y'Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bidakwiriye gushyirwa ku Rwanda.

U Rwanda rwaramaganye ingabo za Congo (FARDC) n'Ingabo z'u Burundi (FDNB), hamwe n'ihuriro ry'imitwe ya FDLR ishyigikiwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Wazalendo n'abacanshuro, aho bagiye batera ibisasu mu midugudu y'abaturage iri hafi y'umupaka w'u Rwanda, bakoresheje indege z'intambara n'indege zitagira abapilote, mugihe AFC/M23 yavuze ko yahisemo gahugarika ibyo bisasu.

Itangazo rikomeza rivuga ko "nyuma y’iterwa ry’ibisasu muri Kamanyola biturutse mu Burundi mu cyumweru gishize, abaturage ba Congo barenga 1.000 bambutse umupaka berekeza mu Bugarama, mu burengerazuba bw’u Rwanda, aho bacumbikiwe mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi. Ingabo z’u Burundi zakusanyije ingabo zigera ku 20.000 muri Kivu y’Amajyepfo ku bw’izina rya guverinoma ya RDC kandi cyane cyane zagose imidugudu ya Banyamulenge muri Minembwe mu rwego rwo kwicisha abaturage inzara.".

Rikomeza rigira riti "kuba DRC yarananiwe guhashya FDLR nk'uko bivugwa mu Masezerano y'Amahoro yo muri Kamena 2025 bikomeje gutinza guhagarika intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC, nk'intego nyamukuru y'Amasezerano ya Washington. Ubu biragaragara ko DRC itari yiteguye kugera ku mahoro, nubwo Perezida Tshisekedi yitabiriye umuhango wo ku ya 4 Ukuboza, nk'aho yahatiwe gusinya Amasezerano".

" Uku kutubahiriza amasezerano aherutse gusinywa ni imbogamizi zikomeye ku mahoro, ndetse bikomeza gushyira mu kaga abaturage, ndetse bikanabangamira umutekano w’umupaka w’Iburengerazuba bw'u Rwanda wo mu burengerazuba".

Risoza rigira riti " gushyira mu bikorwa byuzuye amasezerano ya Washington ni ikintu cyihutirwa, kimwe n’irangira ry’ibindi bisigaye by’Amasezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23. Iyi ni yo nzira nziza cyane igana ku mahoro, ituze n’iterambere mu karere k’ibiyaga bigari".

Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuwa Mbere, Perezida wa Congo, Félix Tshisekedi, yashinje u Rwanda kuba rutarubahirije amasezerano yo guhagarika imirwano nyuma y'umunsi umwe gusa ashyizweho umukono.

 

kwamamaza

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero bimaze iminsi bigabwa ku basivile bo mu bice byegereye umupaka w’u Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero bimaze iminsi bigabwa ku basivile bo mu bice byegereye umupaka w’u Rwanda

 Dec 10, 2025 - 10:12

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi (FDNB) zifatanyije n’uruhurirane rw’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Wazalendo n’abacanshuro, bamaze iminsi bamisha ibisasu mu basivili bo mu bice byegereye umupaka w’u Rwanda, bifashishije indege z’intambara n’indege nto zitagira abapilote (Drone), aho umutwe wa AFC/M23 wabonye nta yandi mahitamo ifite uretse gusubiza ibyo bitero.

kwamamaza

Ni itangaza ryashyizwe hanze kuri uyu wa Gatatu na Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane rivuga y'u Rwanda ko inshingano zo kutubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano, ibitero bikomeje n'imirwano muri Kivu y'Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bidakwiriye gushyirwa ku Rwanda.

U Rwanda rwaramaganye ingabo za Congo (FARDC) n'Ingabo z'u Burundi (FDNB), hamwe n'ihuriro ry'imitwe ya FDLR ishyigikiwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Wazalendo n'abacanshuro, aho bagiye batera ibisasu mu midugudu y'abaturage iri hafi y'umupaka w'u Rwanda, bakoresheje indege z'intambara n'indege zitagira abapilote, mugihe AFC/M23 yavuze ko yahisemo gahugarika ibyo bisasu.

Itangazo rikomeza rivuga ko "nyuma y’iterwa ry’ibisasu muri Kamanyola biturutse mu Burundi mu cyumweru gishize, abaturage ba Congo barenga 1.000 bambutse umupaka berekeza mu Bugarama, mu burengerazuba bw’u Rwanda, aho bacumbikiwe mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi. Ingabo z’u Burundi zakusanyije ingabo zigera ku 20.000 muri Kivu y’Amajyepfo ku bw’izina rya guverinoma ya RDC kandi cyane cyane zagose imidugudu ya Banyamulenge muri Minembwe mu rwego rwo kwicisha abaturage inzara.".

Rikomeza rigira riti "kuba DRC yarananiwe guhashya FDLR nk'uko bivugwa mu Masezerano y'Amahoro yo muri Kamena 2025 bikomeje gutinza guhagarika intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC, nk'intego nyamukuru y'Amasezerano ya Washington. Ubu biragaragara ko DRC itari yiteguye kugera ku mahoro, nubwo Perezida Tshisekedi yitabiriye umuhango wo ku ya 4 Ukuboza, nk'aho yahatiwe gusinya Amasezerano".

" Uku kutubahiriza amasezerano aherutse gusinywa ni imbogamizi zikomeye ku mahoro, ndetse bikomeza gushyira mu kaga abaturage, ndetse bikanabangamira umutekano w’umupaka w’Iburengerazuba bw'u Rwanda wo mu burengerazuba".

Risoza rigira riti " gushyira mu bikorwa byuzuye amasezerano ya Washington ni ikintu cyihutirwa, kimwe n’irangira ry’ibindi bisigaye by’Amasezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23. Iyi ni yo nzira nziza cyane igana ku mahoro, ituze n’iterambere mu karere k’ibiyaga bigari".

Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi kuwa Mbere, Perezida wa Congo, Félix Tshisekedi, yashinje u Rwanda kuba rutarubahirije amasezerano yo guhagarika imirwano nyuma y'umunsi umwe gusa ashyizweho umukono.

kwamamaza