France: Ingengo y'imari y’igisilikari iziyongeraho hafi miliyari 400 z’ama-Euro mu myaka 7.

France: Ingengo y'imari y’igisilikari iziyongeraho hafi miliyari 400 z’ama-Euro  mu myaka 7.

Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko ingengo y’imari ishyirwa mu gisilikari cy’Ubufaransa iziyongeraho kimwe cya gatatu mu gihe cy'imyaka 7. Yavuze ko ibi biri mu rwego rwo gushyiraho amategeko agenga gahunda za gisirikare (LPM).

kwamamaza

 

Amakuru dukesha AFP avuga ko Perezida Emmanuel Macron yabitangaje kur’uyu wa gatanu ubwo yagezaga ijambo ku ngabo ziri ku nkambi y’igisirikari kirwanira mu kirere cya Mont –de-Marsan [Landres].

Yavuze ko ingengo y’imari y’igisilikari iziyongeraho miliyari hafi 400 ziziyongera ku yakoresha mu gisilikari mu gihe cy’imyaka 7, ni ukuvuga kuva 2024-2030.

 Ndetse urwego rw’ubutasi rwa gisilikari ruziyongeraho hafi 60% mur’iki gihe cy’imyaka 7, nk’uko bikubiye mu itegeko rishya rigenga igisilikari.

Yanavuze ko ingengo y’imari ikoreshwa mu buyobozi bw’urwego rw’iperereza [DRM] n’ubuyobozi bushinzwe ubutasi n’umutekano [DRSD] izikuba kabiri nmu rwego rwo kurushaho kwitegura urugamba.

Ati:“LPM isobanura imbaraga z'igihugu mu rwego rwo gushyigikira ingabo zayo kandi izo mbaraga zizagereranywa n'ingaruka, ni ukuvuga ko arizo gushyingirwaho.”

Perezida Macron yongeyeho ko habayeho kuvugurura igisirikari hagamijwe impinduka.

@AFP.

 

kwamamaza

France: Ingengo y'imari y’igisilikari iziyongeraho hafi miliyari 400 z’ama-Euro  mu myaka 7.

France: Ingengo y'imari y’igisilikari iziyongeraho hafi miliyari 400 z’ama-Euro mu myaka 7.

 Jan 20, 2023 - 13:56

Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko ingengo y’imari ishyirwa mu gisilikari cy’Ubufaransa iziyongeraho kimwe cya gatatu mu gihe cy'imyaka 7. Yavuze ko ibi biri mu rwego rwo gushyiraho amategeko agenga gahunda za gisirikare (LPM).

kwamamaza

Amakuru dukesha AFP avuga ko Perezida Emmanuel Macron yabitangaje kur’uyu wa gatanu ubwo yagezaga ijambo ku ngabo ziri ku nkambi y’igisirikari kirwanira mu kirere cya Mont –de-Marsan [Landres].

Yavuze ko ingengo y’imari y’igisilikari iziyongeraho miliyari hafi 400 ziziyongera ku yakoresha mu gisilikari mu gihe cy’imyaka 7, ni ukuvuga kuva 2024-2030.

 Ndetse urwego rw’ubutasi rwa gisilikari ruziyongeraho hafi 60% mur’iki gihe cy’imyaka 7, nk’uko bikubiye mu itegeko rishya rigenga igisilikari.

Yanavuze ko ingengo y’imari ikoreshwa mu buyobozi bw’urwego rw’iperereza [DRM] n’ubuyobozi bushinzwe ubutasi n’umutekano [DRSD] izikuba kabiri nmu rwego rwo kurushaho kwitegura urugamba.

Ati:“LPM isobanura imbaraga z'igihugu mu rwego rwo gushyigikira ingabo zayo kandi izo mbaraga zizagereranywa n'ingaruka, ni ukuvuga ko arizo gushyingirwaho.”

Perezida Macron yongeyeho ko habayeho kuvugurura igisirikari hagamijwe impinduka.

@AFP.

kwamamaza