MU Rwanda
Mu myaka 7 poste de sante zatanze umusaruro ufatika mu...
Bamwe mu baturage bivuriza kuri za poste de sante zashyizweho murwego rwo kubegereza serivise z’ubuvuzi aho batuye, barishimira imikorere...
NEC irashima umusaruro wavuye mu guhuza amatora
Komisiyo y’igihugu y’amatora NEC, iragaragaza ko guhuza amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite byatanze umusaruro binyuze mu kugabanya...
Babangamiwe n’umutekano muke uterwa no kudacanwa kw’amatara...
Hari abaturage bagaragaza ko bahura n’ikibazo cy’umutekano mucye mu masaha y’ijoro bitewe nuko ku mihanda banyuraho hari amatara yangiritse...
Kuba umugabo ni ibikorwa, si ukwiharira ijambo
Akenshi ijambo ‘kuba umugabo’ buri wese afite uko yabisobanura bitewe nuko yarezwe, cyangwa ibyo yabonye. Bamwe bavuga ko kuva umugabo...
Ese uburere duhabwa mu muryango ni igisobanuro cy’ahazaza...
Amakimbirane yo mu miryango agira ingaruka nyinshi cyane ndetse no kubana kuburyo ashobora kubicira ahazaza habo, cyane igihe babuze...
Barasaba kujya bishyurwa mu gihe hari ibikoresho byangijwe...
Abaturage batandukanye mu gihugu barasaba ko inzego zishinzwe ibijyanye n’umuriro w’amashanyarazi ko bazajya bishyurwa ibyangizwa...
Imbamutima z'abanyarwanda mu kwishimira intsinzi
Mugihe imibare y’agateganyo y'ibyavuye mu matora igaragaza ko Paul Kagame yagize amajwi 99,15% Dr. Frank Habineza afite 0,53% naho...
Indorerezi zoherejwe n'imiryango mpuzamahanga zemeje ko...
Indorerezi ziturutse mu miryango itandukanye u Rwanda ruhuriramo n’ibindi bihugu zashimye uko amatora yagenze mu Rwanda zihamya ko...
Ngoma: Imboni z’impinduka zahawe amagare azifasha gucunga...
Imboni z’impinduka zo mur’aka karere ziravuga ko amagare zahawe azazifasha gukorana neza na polisi mu gucunga umutekano w’abantu n’ibyabo....
Gakenke: Barasaba ko abagore batorerwa ku bahagararira...
Abagore bahagarariye abandi batoye abazajya mu nteko ishingamategeko barasaba abazatorwa kuzabahagarira neza bakamenya ibigikenewe...
Kiny
Eng
Fr





