Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Nyerere International Tournament 2023 yamaze kugera Tanzania.

Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Nyerere International Tournament 2023 yamaze kugera Tanzania.

kwamamaza

 

Amakipe yose ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Nyerere International Tournament 2023  ni APR (Men&Women), RRA ndetse na POLICE (Men), yose yamaze kugera Moshi-Kilimanjaro muri Arusha (Tanzania) ahagomba kubera iyi mikino.

Ikipe ya POLICE VC niyo yahageze mbere kuko yahageze mu ijoro ryo kuwa 6 nyuma yo guhaguruka I kigali ku wa gatanu.

Nimugihe ahagana ku isaha ya saa 6pm, ikipe ya APR VC (Women) nayo yari ihageze nyuma y’urugendo rw’umunsi n’igice kuko yahagurutse I kigali kuya 6 ku isaha ya saa 5am z’igitondo.

Ikipe ya APR VC (abagabo) na RRA nazo zahise zikurikiraho kuko kugeza ubu amakipe yose yaraye ageze Moshi-Kilimanjaro; aho irushanwa rigomba kuzabera.

Biteganyijwe ko Inama igena uko irushanwa rizakinwa (Technical Meeting) igomba kuba mu masaha y'umugoroba wo kuri uyu wa mbere.

@Blaise Gakunzi/Isango Star-Kigali.

 

kwamamaza

Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Nyerere International Tournament 2023 yamaze kugera Tanzania.

Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Nyerere International Tournament 2023 yamaze kugera Tanzania.

 Oct 9, 2023 - 13:23

kwamamaza

Amakipe yose ahagarariye u Rwanda mu mikino ya Nyerere International Tournament 2023  ni APR (Men&Women), RRA ndetse na POLICE (Men), yose yamaze kugera Moshi-Kilimanjaro muri Arusha (Tanzania) ahagomba kubera iyi mikino.

Ikipe ya POLICE VC niyo yahageze mbere kuko yahageze mu ijoro ryo kuwa 6 nyuma yo guhaguruka I kigali ku wa gatanu.

Nimugihe ahagana ku isaha ya saa 6pm, ikipe ya APR VC (Women) nayo yari ihageze nyuma y’urugendo rw’umunsi n’igice kuko yahagurutse I kigali kuya 6 ku isaha ya saa 5am z’igitondo.

Ikipe ya APR VC (abagabo) na RRA nazo zahise zikurikiraho kuko kugeza ubu amakipe yose yaraye ageze Moshi-Kilimanjaro; aho irushanwa rigomba kuzabera.

Biteganyijwe ko Inama igena uko irushanwa rizakinwa (Technical Meeting) igomba kuba mu masaha y'umugoroba wo kuri uyu wa mbere.

@Blaise Gakunzi/Isango Star-Kigali.

kwamamaza