Africa y’Epfo:Perezida Ramaphosa ategerejwe ku kibazo cy’amashanyarazi.

Africa y’Epfo:Perezida Ramaphosa ategerejwe  ku kibazo cy’amashanyarazi.

Miliyoni 60 z'Abanyafurika y'Epfo zidafite amashanyarazi kuva mu mezi n'amasaha agera kuri 12 y’uyu munsi, bategereje Perezida Cyril Ramaphosa ku kibazo cy'amashanyarazi cyugarije iki gihugu. Aba baturage bategereje ijambo rizatambuka ku wa kane, umukuru w’igihugu ageza ku baturage buri mwaka, rigaruka ku ishusho y’igihugu.

kwamamaza

 

Ubusanzwe iri jambo ritangarizwa mu  birori bibera mu nteko inshingamategeko  , gusa inyubako y’amateka y’I Cape town byaberagamo yasenywe n’inkongi umwaka ushize. Icyakora AFP ivuga ko azageza ijambo ku baturage ku mugoroba w’ ejo ku wa kane, avuye muri Town Hall.

Mu rwego rw'ubukungu n'imibereho myiza y'abaturage,  harasabwa ubushishozi mu kwakira abantu bishyuye amafaranga arenga ibihumbi 424 000 by'amayero yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, "nk'ikimenyetso cy'ubufatanye na leta y'igihugu".

Muri Africa y’Epfo, igipimo cy’ubushomeri cyarazamutse cyane, aho kigeze kuri 32.9%, mugihe ibipimo by’ubukungu [GDP] biteganya ko bizazamuka kuri 0.3%,  mugihe imiryango ikomeje kuzahazwa n’izamuka ry’ibiciro ku bicuruzwa nkenerwa by’ibanze , umujinya abatuye iki gihugu bayewe no kutagira umuriro w’amashanyarazi, n’imihanda.

Mu byumweru bishize, mu mijyi myinshi irimo Johannesburg hadutse imyigaragambyo yari yahamagawe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ndetse n’amashyirahamwe.

 Imicungire mibi na ruswa

Kuva mu mwaka ushize, ikibazo cy'amashanyarazi cyarushijeho kwiyongera mur’iki gihugu kiza imbere ku mugabane wa Africa bifite inganda nyinshi, ariko kikiri inyuma mu gukoresha ingufu karemano.

 Sosiyete ya Eskom yahuye n’ibihe bibi nyuma yo kwisanga mu micungire mibi ndetse na ruswa ikabije , ubwo yari iyobowe na Jacob Zuma (2009-2018), ubu nta bushobozi ifite bwo gutanga amashanyarazi ahagije, aho abayakoresha cyangwa nyiramugengeri zashaje ndetse n’ahahora hibasirwa n’ibibazo byo kudakora.

Kugeza ubu, umuti wonyine ugaragara mu kugabanya amashanyarazi akoreshwa binyuzwe mu kugabanya ibiyakenera, harimo  guhatira igihugu cyose guteka, kumesa imyenda no gushyira umuriro muri telefoni mugihe runaka gusa.

Buri munsi, ibigo by’ubucuruzi bihomba amagana y’amamiliyoni y’amadolari, nk’uko bitangazwa n’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi [DA], rigashinja guverinoma iriho kunanirwa gukemura iki kibazo.

Icyakora mu cyumweru gishize, ishyaka riri ku butegetsi (ANC) yatangaje ko mu ryatanze amabwiriza asobanutse kandi isaba guverinoma gutangaza ko ibintu byifashe kugira ngo itange amafaranga yakwifashishwa.

Dieter von Fintel, impuguke mu by'ubukungu muri kaminuza ya Stellenbosch, avuga ko ngo iki cyemezo ari ikimenyetso cyo guturisha abafite ibitekerezo byatakarijwe icyizere, ibibazo nyabyo bihari bikaba bishingiye ku kuba ahora acika adashobora kugira icyo akora mu bijyanye no kuzamura ubukungu,  bikerekana ko bibangamiye imibereho myiza.

Ishyaka rya EFF riharanira ukwigenga gushingiye ku bukungu ryavuze ko rirahungabanya ijambo rya perezida Cyril Ramaphosa rivuga ko atita ku bintu. Rivuga ko agoswe n’umubavu w’amafaranga yanduye, nyuma yahoo ku Ukuboza (12) gushize yacitse ubutabera  kuko yarashigikiwe n’ishyaka rye, ANC. Icyakora iperereza riracyakomeje.

Ni nyuma yahoo abayoboke b’ishyaka rye bongeye kumutora  nk'umuyobozi waryo, ryemeza ko perezida w’imyaka 70, ushyigikiwe cyane , ndetse ashobora no kongera kurihagararira mu matora rusange ateganyijwe muri 2024.

 

kwamamaza

Africa y’Epfo:Perezida Ramaphosa ategerejwe  ku kibazo cy’amashanyarazi.

Africa y’Epfo:Perezida Ramaphosa ategerejwe ku kibazo cy’amashanyarazi.

 Feb 8, 2023 - 15:03

Miliyoni 60 z'Abanyafurika y'Epfo zidafite amashanyarazi kuva mu mezi n'amasaha agera kuri 12 y’uyu munsi, bategereje Perezida Cyril Ramaphosa ku kibazo cy'amashanyarazi cyugarije iki gihugu. Aba baturage bategereje ijambo rizatambuka ku wa kane, umukuru w’igihugu ageza ku baturage buri mwaka, rigaruka ku ishusho y’igihugu.

kwamamaza

Ubusanzwe iri jambo ritangarizwa mu  birori bibera mu nteko inshingamategeko  , gusa inyubako y’amateka y’I Cape town byaberagamo yasenywe n’inkongi umwaka ushize. Icyakora AFP ivuga ko azageza ijambo ku baturage ku mugoroba w’ ejo ku wa kane, avuye muri Town Hall.

Mu rwego rw'ubukungu n'imibereho myiza y'abaturage,  harasabwa ubushishozi mu kwakira abantu bishyuye amafaranga arenga ibihumbi 424 000 by'amayero yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, "nk'ikimenyetso cy'ubufatanye na leta y'igihugu".

Muri Africa y’Epfo, igipimo cy’ubushomeri cyarazamutse cyane, aho kigeze kuri 32.9%, mugihe ibipimo by’ubukungu [GDP] biteganya ko bizazamuka kuri 0.3%,  mugihe imiryango ikomeje kuzahazwa n’izamuka ry’ibiciro ku bicuruzwa nkenerwa by’ibanze , umujinya abatuye iki gihugu bayewe no kutagira umuriro w’amashanyarazi, n’imihanda.

Mu byumweru bishize, mu mijyi myinshi irimo Johannesburg hadutse imyigaragambyo yari yahamagawe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ndetse n’amashyirahamwe.

 Imicungire mibi na ruswa

Kuva mu mwaka ushize, ikibazo cy'amashanyarazi cyarushijeho kwiyongera mur’iki gihugu kiza imbere ku mugabane wa Africa bifite inganda nyinshi, ariko kikiri inyuma mu gukoresha ingufu karemano.

 Sosiyete ya Eskom yahuye n’ibihe bibi nyuma yo kwisanga mu micungire mibi ndetse na ruswa ikabije , ubwo yari iyobowe na Jacob Zuma (2009-2018), ubu nta bushobozi ifite bwo gutanga amashanyarazi ahagije, aho abayakoresha cyangwa nyiramugengeri zashaje ndetse n’ahahora hibasirwa n’ibibazo byo kudakora.

Kugeza ubu, umuti wonyine ugaragara mu kugabanya amashanyarazi akoreshwa binyuzwe mu kugabanya ibiyakenera, harimo  guhatira igihugu cyose guteka, kumesa imyenda no gushyira umuriro muri telefoni mugihe runaka gusa.

Buri munsi, ibigo by’ubucuruzi bihomba amagana y’amamiliyoni y’amadolari, nk’uko bitangazwa n’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi [DA], rigashinja guverinoma iriho kunanirwa gukemura iki kibazo.

Icyakora mu cyumweru gishize, ishyaka riri ku butegetsi (ANC) yatangaje ko mu ryatanze amabwiriza asobanutse kandi isaba guverinoma gutangaza ko ibintu byifashe kugira ngo itange amafaranga yakwifashishwa.

Dieter von Fintel, impuguke mu by'ubukungu muri kaminuza ya Stellenbosch, avuga ko ngo iki cyemezo ari ikimenyetso cyo guturisha abafite ibitekerezo byatakarijwe icyizere, ibibazo nyabyo bihari bikaba bishingiye ku kuba ahora acika adashobora kugira icyo akora mu bijyanye no kuzamura ubukungu,  bikerekana ko bibangamiye imibereho myiza.

Ishyaka rya EFF riharanira ukwigenga gushingiye ku bukungu ryavuze ko rirahungabanya ijambo rya perezida Cyril Ramaphosa rivuga ko atita ku bintu. Rivuga ko agoswe n’umubavu w’amafaranga yanduye, nyuma yahoo ku Ukuboza (12) gushize yacitse ubutabera  kuko yarashigikiwe n’ishyaka rye, ANC. Icyakora iperereza riracyakomeje.

Ni nyuma yahoo abayoboke b’ishyaka rye bongeye kumutora  nk'umuyobozi waryo, ryemeza ko perezida w’imyaka 70, ushyigikiwe cyane , ndetse ashobora no kongera kurihagararira mu matora rusange ateganyijwe muri 2024.

kwamamaza