Washington yatangaje ko Amerika na Korea y’Epfo biteguye igitero cya Nikleyeli cya Korea ya Ruguru.

Washington  yatangaje ko Amerika na Korea y’Epfo biteguye  igitero cya Nikleyeli cya Korea ya Ruguru.

Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko hamwe n’igihugu cya Korea y’Epfo bateguye igisubizo gihuriweho kandi gifatika mu bihe bitandukanye, harimo n’ ikoreshwa ry’intwaro kilimbuzi za Korea ya ruguru.

kwamamaza

 

Amerika itangaje ibi mugihe ibi bihugu bisanzwe bifite ingabo ziri mu myitozo ya gisilikari ihuriweho ndetse na Koreya ya Ruguru yagerageje ibisasu byinshi bya Misile kandi mu buryo bw’urukurikirane.

Icyakora Umuvugizi wa White House mu bijyanye n’umutekano yavuze ko iyo myiteguro idafite aho ihuriye n’iyo myitozo ihuriweho yo guhangana n’ibisasu bya Nikleyeli, bitewe n’uko Korea y’Epfo idatunze intwaro kirimbuzi.

(@ AFP)

 

kwamamaza

Washington  yatangaje ko Amerika na Korea y’Epfo biteguye  igitero cya Nikleyeli cya Korea ya Ruguru.

Washington yatangaje ko Amerika na Korea y’Epfo biteguye igitero cya Nikleyeli cya Korea ya Ruguru.

 Jan 3, 2023 - 16:21

Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko hamwe n’igihugu cya Korea y’Epfo bateguye igisubizo gihuriweho kandi gifatika mu bihe bitandukanye, harimo n’ ikoreshwa ry’intwaro kilimbuzi za Korea ya ruguru.

kwamamaza

Amerika itangaje ibi mugihe ibi bihugu bisanzwe bifite ingabo ziri mu myitozo ya gisilikari ihuriweho ndetse na Koreya ya Ruguru yagerageje ibisasu byinshi bya Misile kandi mu buryo bw’urukurikirane.

Icyakora Umuvugizi wa White House mu bijyanye n’umutekano yavuze ko iyo myiteguro idafite aho ihuriye n’iyo myitozo ihuriweho yo guhangana n’ibisasu bya Nikleyeli, bitewe n’uko Korea y’Epfo idatunze intwaro kirimbuzi.

(@ AFP)

kwamamaza