Papa Fransisiko yatangaje ko iyicwa ry'Ababikira 4 b'Abakalikuta muri Yemen ari urugero rwiza kubera Kirisitu.

Papa Fransisiko yatangaje ko iyicwa ry'Ababikira 4 b'Abakalikuta muri Yemen ari urugero rwiza kubera Kirisitu.

Papa Fransisiko yatanze urugero rw'Ababikira 4 b'Abakalikuta bishwe mu 2016 muri Yemen barimo Abanyarwandakazi 2, umuhindekazi umwe ndetse n’undi wo muri Kenya.

kwamamaza

 

Aba babikira barimo Mukashema Marguerite ukomoka muri diyosezi ya Kabgayi n'uwitwa Reginette Uwingabire wo muri paruwasi ya Janja muri diocese ya Ruhengeri, bo mu Rwanda, biciwe aho bakoraga nk’abaforomokazi bita ku bageze mu za bukuru, abari mu bakene, abarwayi mu bitaro by'ahitwa Aden.

Papa Fransisiko yavuze ko aba babikira ari urugero rw'abemera guhara ubuzima bwabo kubera Kristu.

Aba babikira 4 b'Abakalikuta, hamwe n’abandi bantu 12 barimo abakozi basanzwe b’icyo kigo, baguye mu gitero cyagabwe mu kigo cyita ku basheshe akanguhe cy'ahitwa Aden muri Yemen.

 

kwamamaza

Papa Fransisiko yatangaje ko iyicwa ry'Ababikira 4 b'Abakalikuta muri Yemen ari urugero rwiza kubera Kirisitu.

Papa Fransisiko yatangaje ko iyicwa ry'Ababikira 4 b'Abakalikuta muri Yemen ari urugero rwiza kubera Kirisitu.

 Apr 21, 2023 - 10:49

Papa Fransisiko yatanze urugero rw'Ababikira 4 b'Abakalikuta bishwe mu 2016 muri Yemen barimo Abanyarwandakazi 2, umuhindekazi umwe ndetse n’undi wo muri Kenya.

kwamamaza

Aba babikira barimo Mukashema Marguerite ukomoka muri diyosezi ya Kabgayi n'uwitwa Reginette Uwingabire wo muri paruwasi ya Janja muri diocese ya Ruhengeri, bo mu Rwanda, biciwe aho bakoraga nk’abaforomokazi bita ku bageze mu za bukuru, abari mu bakene, abarwayi mu bitaro by'ahitwa Aden.

Papa Fransisiko yavuze ko aba babikira ari urugero rw'abemera guhara ubuzima bwabo kubera Kristu.

Aba babikira 4 b'Abakalikuta, hamwe n’abandi bantu 12 barimo abakozi basanzwe b’icyo kigo, baguye mu gitero cyagabwe mu kigo cyita ku basheshe akanguhe cy'ahitwa Aden muri Yemen.

kwamamaza