Nyuma y’imyaka 11, Jordi Alba yamaze gufata umwanzuro wo kuva muri Barselona.

Nyuma y’imyaka 11, Jordi Alba yamaze gufata umwanzuro wo kuva muri Barselona.

Kuva mu mwaka wa 2007 kugera muri 2015, ikipe ya FC Barselona ni imwe mu makipe yarahagaze neza ku mugabane w’Iburayi ndetse no ku isi muri rusange. Iyo urebye, usanga ari nayo myaka iyi kipe yatwayemo ibikombe byinshi bya Champions League. Gusa benshi mu bayikiniye muri iyo myaka bamwe bahagaritse umupira ,abandi bayivuyemo, kuburyo n'abari basigaye barimo Alba bamaze gutangaza ahazaza habo mur'iyi kipe.

kwamamaza

 

Kugeza ubu, umukinnyi w’umunya-Espagne, Jordi Alba na Selgio Busqete nibo bakinnyi bari basigaye mu ikipe ya FC Barcelona bayifashije kubaka amateka yo gutwara ibikombe mu gihe cy’imyaka 8 (2007-2015).

Iyo urebye usanga abndi bayikiniye muri icyo gihe barahagaritse gukina umupira w’amaguru, mugihe abandi bagiye bayivamo bakerekeza mu yandi makipe.

Nyuma yaho Selgio Busi atangaje ko umwaka utaha atazongera amasezerano muri FC Barselona bigatungura benshi, ubu na Jordi Alba yamaze gutangaza ko  nawe umwaka utaha atazongera amasezerano mur’iyi kipe ya FC Barcelona.

Jordi Arba yageze muri FC Barselona mu mwaka w’ 2012 avuye muri Valencia. Icyo gihe yarafite imyaka 23 y’amavuko.

Jordi Alba yakiniye ikipe ya FC Barcelona imikino 458, ayitsindira ibitego 27 ndetse anatanga imipira yavuyemo ibitego 99. Muri icyo gihe kandi iyi kipye yatwaye ibikombe 18 .

 

kwamamaza

Nyuma y’imyaka 11, Jordi Alba yamaze gufata umwanzuro wo kuva muri Barselona.

Nyuma y’imyaka 11, Jordi Alba yamaze gufata umwanzuro wo kuva muri Barselona.

 May 24, 2023 - 16:02

Kuva mu mwaka wa 2007 kugera muri 2015, ikipe ya FC Barselona ni imwe mu makipe yarahagaze neza ku mugabane w’Iburayi ndetse no ku isi muri rusange. Iyo urebye, usanga ari nayo myaka iyi kipe yatwayemo ibikombe byinshi bya Champions League. Gusa benshi mu bayikiniye muri iyo myaka bamwe bahagaritse umupira ,abandi bayivuyemo, kuburyo n'abari basigaye barimo Alba bamaze gutangaza ahazaza habo mur'iyi kipe.

kwamamaza

Kugeza ubu, umukinnyi w’umunya-Espagne, Jordi Alba na Selgio Busqete nibo bakinnyi bari basigaye mu ikipe ya FC Barcelona bayifashije kubaka amateka yo gutwara ibikombe mu gihe cy’imyaka 8 (2007-2015).

Iyo urebye usanga abndi bayikiniye muri icyo gihe barahagaritse gukina umupira w’amaguru, mugihe abandi bagiye bayivamo bakerekeza mu yandi makipe.

Nyuma yaho Selgio Busi atangaje ko umwaka utaha atazongera amasezerano muri FC Barselona bigatungura benshi, ubu na Jordi Alba yamaze gutangaza ko  nawe umwaka utaha atazongera amasezerano mur’iyi kipe ya FC Barcelona.

Jordi Arba yageze muri FC Barselona mu mwaka w’ 2012 avuye muri Valencia. Icyo gihe yarafite imyaka 23 y’amavuko.

Jordi Alba yakiniye ikipe ya FC Barcelona imikino 458, ayitsindira ibitego 27 ndetse anatanga imipira yavuyemo ibitego 99. Muri icyo gihe kandi iyi kipye yatwaye ibikombe 18 .

kwamamaza