Ikipe ya rayon sports yongeye gutsindirwa ku munsi w'igikundiro

Ikipe ya rayon sports yongeye gutsindirwa ku munsi w'igikundiro

Ikipe ya, Rayon Sports yogengeye gutsindwa ku munsi w'igikundiro ntuma yo gutsindwa na Young Africans SC yo muri Tanzania ibitego 3-1.

kwamamaza

 

Ikipe ya rayon sports yatsinzwe mu mukino wa gishuti wabereye kuri Stade Amahoro, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 15 Kanama 2025.Ni umukino wari witabiriwe n’abafana benshi, mu birori bya rayon day byabereyemo ibikorwa birimo kwerekana abakinnyi Gikundiro izakoresha mu mwaka w’imikino mushya wa 2025/26.

Mbere yuko umukino utangire abatoza ku mbande zombi babanje mu kibuga abakinnyi batandukanye kuruhande rwa yanga africa habanjemo 

Hari Diarra, Israel, Boka, Andambwile, Mwamnyeto, Conte, Doumbia, Maxi, Pacome, Boyeli na Ecua naho kuruhande rwa rayon sports umutoza yahisemo kubanzamo 

Kouyate Drissa, Serumogo Ali, Fabrice Nshimimana, Emery Bayisenge, Emmanuel Nshimiyimana, Aimable Ntarindwa, Seif Niyonzima, Rushema Chris, Abedi Bigirimana, Bingi Belo na Yves habimana.

Umukino watangiye ikipe ya rayon sport itsinze hacyiri kare kuko ku munota wa mbere yabonye igitego cyatsinzwe na Aziz Andambwile witsinze nyuma yaho yashatse guha umupira umunyezamu we ntiyawushyikira ukaruhukira mu rushundura. Nyuma yo gutsindwa igitego, Young Africans SC yinjiye mukino itangira gusatira ishaka icyo kwishyura ariko ntibyatanze uburyo babonaga ntibabubyaze umusaruro.

Umukino wakinirwaga hagati mu kibuga. Amakipe ari kwiganaho maze Ku munota 20 Rayon Sports yateye ishoti rica iruhande rwizamu ryari ritewe neza na Nshimiyimana Fabrice. Ikipe ya Young Africans SC yahigaga igitego cyo kwishyura yabonye uburyo binyuze kuri Rutahizamu Ecua wateye umupira Rushema aragarura uhita ufatwa y’umuzamu Kouyate.

Bidatinze ikipe ya yanga africa yakinaga neza mbere yuko igice cya mbere kirangira yabonye igitego Ku munota 29, ku mupira watakajwe na Bingi Belo imbere y’izamu, ugera kuri Rutahizamu Boyeli wateye ishoti umunyezamu Kouyate kuwukuramo ntibyamushobokera umupira uhita ujya mu nshundura.Yanga Africa ibona igitego cya mbere.

Bidatinze nyuma y'iminota micye ku munota wa 36, Rayon Sports yahushije uburyo baro kuvamo igitego kuko Serumogo Ali yarasigaranye n'umuzamu wa yanga maze umupira awutera nabi.

Ku munota wa 44, Young Africans SC yatsinze igitego cya kabiri ku mupira wazamukanywe na Pacôme Zouzoua asiga abakinnyi ba Rayon Sports atera ishoti rikomeye ari inyuma y’urubuga rw’amahina ku ruhande rw’iburyo umunyezamu Drissa Kouyatte ananirwa kuwukuramo ujya mu rushundura,igice cya mbere cyarangiye Young Africans SC yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1.

Mu igice cya kabiri, Rayon Sports yatangiranye ikora impinduka Sindi Paul Jesus na Tambwe Gloire basimbura Rushema Chris na Fabrice Nshimiyimana. Ni nako kuruhande rwa Yanga SC yakuyemo Boyeli, Doumbia na Ecua hinjira Kouma, Chikola na Prince Dube.

Igice cya kabiri ikipe ya Rayon sports yagarukanye imbaraga itangira gusatira ishaka icyo kwishyura harimo ku mupira Abedi Bigirimana yacenze abakinnyi ba Yanga SC hagati mu kibuga, umupira awuha Serumogo wari wenyine imbere y’izamu ariko ananirwa kuwufunga neza usubira ku bakinnyi ba Yanga SC.

Igice cya kabiri cyitaranzwe na byinshi cyiri kugana kumusozo Ku munota wa 90+3, Young Africa SC yatsinze igitego cya gatatu ku mupira wari uvuye muri koruneri, myugariro Mwamnyeto awushyira ku mutwe uruhukira mu rushundura, umunyezamu Kouyate ntiyamenya ibyabaye.Umukino warangiye Rayon Sports itsinzwe na Young Africa SC ibitego 3-1.

Umukino urangiye ikipe ya yanga africa yo muri Tanzania yahawe igikombe cyateguwe na Rayon Sports.ikipe ya rayon ikomeza gutegereza igihe izatsimdira ku munsi w'igikundiro kuko Ni inshuro ya gatanu Rayon Sports itsinzwe ku munsi wayo kuko mu 2021 yatsinzwe na Kiyovu Sports ibitego 2-1, mu 2022 itsindwa na Vipers SC igitego 1-0, mu 2023 yatsinzwe na Kenya Police FC igitego 1-0 mu 2024 yatsinzwe na Azam FC igitego 1-0.

@Darius Shumbusho/ Isango Star- Kigali.

 

kwamamaza

Ikipe ya rayon sports yongeye gutsindirwa ku munsi w'igikundiro

Ikipe ya rayon sports yongeye gutsindirwa ku munsi w'igikundiro

 Aug 16, 2025 - 00:34

Ikipe ya, Rayon Sports yogengeye gutsindwa ku munsi w'igikundiro ntuma yo gutsindwa na Young Africans SC yo muri Tanzania ibitego 3-1.

kwamamaza

Ikipe ya rayon sports yatsinzwe mu mukino wa gishuti wabereye kuri Stade Amahoro, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 15 Kanama 2025.Ni umukino wari witabiriwe n’abafana benshi, mu birori bya rayon day byabereyemo ibikorwa birimo kwerekana abakinnyi Gikundiro izakoresha mu mwaka w’imikino mushya wa 2025/26.

Mbere yuko umukino utangire abatoza ku mbande zombi babanje mu kibuga abakinnyi batandukanye kuruhande rwa yanga africa habanjemo 

Hari Diarra, Israel, Boka, Andambwile, Mwamnyeto, Conte, Doumbia, Maxi, Pacome, Boyeli na Ecua naho kuruhande rwa rayon sports umutoza yahisemo kubanzamo 

Kouyate Drissa, Serumogo Ali, Fabrice Nshimimana, Emery Bayisenge, Emmanuel Nshimiyimana, Aimable Ntarindwa, Seif Niyonzima, Rushema Chris, Abedi Bigirimana, Bingi Belo na Yves habimana.

Umukino watangiye ikipe ya rayon sport itsinze hacyiri kare kuko ku munota wa mbere yabonye igitego cyatsinzwe na Aziz Andambwile witsinze nyuma yaho yashatse guha umupira umunyezamu we ntiyawushyikira ukaruhukira mu rushundura. Nyuma yo gutsindwa igitego, Young Africans SC yinjiye mukino itangira gusatira ishaka icyo kwishyura ariko ntibyatanze uburyo babonaga ntibabubyaze umusaruro.

Umukino wakinirwaga hagati mu kibuga. Amakipe ari kwiganaho maze Ku munota 20 Rayon Sports yateye ishoti rica iruhande rwizamu ryari ritewe neza na Nshimiyimana Fabrice. Ikipe ya Young Africans SC yahigaga igitego cyo kwishyura yabonye uburyo binyuze kuri Rutahizamu Ecua wateye umupira Rushema aragarura uhita ufatwa y’umuzamu Kouyate.

Bidatinze ikipe ya yanga africa yakinaga neza mbere yuko igice cya mbere kirangira yabonye igitego Ku munota 29, ku mupira watakajwe na Bingi Belo imbere y’izamu, ugera kuri Rutahizamu Boyeli wateye ishoti umunyezamu Kouyate kuwukuramo ntibyamushobokera umupira uhita ujya mu nshundura.Yanga Africa ibona igitego cya mbere.

Bidatinze nyuma y'iminota micye ku munota wa 36, Rayon Sports yahushije uburyo baro kuvamo igitego kuko Serumogo Ali yarasigaranye n'umuzamu wa yanga maze umupira awutera nabi.

Ku munota wa 44, Young Africans SC yatsinze igitego cya kabiri ku mupira wazamukanywe na Pacôme Zouzoua asiga abakinnyi ba Rayon Sports atera ishoti rikomeye ari inyuma y’urubuga rw’amahina ku ruhande rw’iburyo umunyezamu Drissa Kouyatte ananirwa kuwukuramo ujya mu rushundura,igice cya mbere cyarangiye Young Africans SC yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1.

Mu igice cya kabiri, Rayon Sports yatangiranye ikora impinduka Sindi Paul Jesus na Tambwe Gloire basimbura Rushema Chris na Fabrice Nshimiyimana. Ni nako kuruhande rwa Yanga SC yakuyemo Boyeli, Doumbia na Ecua hinjira Kouma, Chikola na Prince Dube.

Igice cya kabiri ikipe ya Rayon sports yagarukanye imbaraga itangira gusatira ishaka icyo kwishyura harimo ku mupira Abedi Bigirimana yacenze abakinnyi ba Yanga SC hagati mu kibuga, umupira awuha Serumogo wari wenyine imbere y’izamu ariko ananirwa kuwufunga neza usubira ku bakinnyi ba Yanga SC.

Igice cya kabiri cyitaranzwe na byinshi cyiri kugana kumusozo Ku munota wa 90+3, Young Africa SC yatsinze igitego cya gatatu ku mupira wari uvuye muri koruneri, myugariro Mwamnyeto awushyira ku mutwe uruhukira mu rushundura, umunyezamu Kouyate ntiyamenya ibyabaye.Umukino warangiye Rayon Sports itsinzwe na Young Africa SC ibitego 3-1.

Umukino urangiye ikipe ya yanga africa yo muri Tanzania yahawe igikombe cyateguwe na Rayon Sports.ikipe ya rayon ikomeza gutegereza igihe izatsimdira ku munsi w'igikundiro kuko Ni inshuro ya gatanu Rayon Sports itsinzwe ku munsi wayo kuko mu 2021 yatsinzwe na Kiyovu Sports ibitego 2-1, mu 2022 itsindwa na Vipers SC igitego 1-0, mu 2023 yatsinzwe na Kenya Police FC igitego 1-0 mu 2024 yatsinzwe na Azam FC igitego 1-0.

@Darius Shumbusho/ Isango Star- Kigali.

kwamamaza