“ibihugu-by’ibifatanyabikorwa byatangira guha imyitozo ingabo za Ukraine”: Ubudage

“ibihugu-by’ibifatanyabikorwa byatangira guha imyitozo ingabo za Ukraine”: Ubudage

wwww

kwamamaza

 

Kugeza ubu ibihugu byo mu burengerazuba bw'isi buri ku gitutu cyo kohereza intwaro zikomeye i Kiev kugira ngo ziyifashe kwirwanaho no kuri da abaturage bayo bakomeje kwibagirwa n'ibitero b'Uburusiya.

Icyakora zimwe mu ntwaro zasezeranywe ko zizatangwa harimo izzlakozwe n'Ubudage zitwa Leopard, mugihe kuzitanga bisaba ko Ubudage biranga itara ry'icyatsi.

Icyakora kur'uyu wa kabiri, Minisitiri w’ingabo w’Ubudage, Boris Pistorius, yatangaje ko ibihugu byiyemeje gufasha Ukraine biyiha intwaro za Leopard bishobora gutangira guha imyitozo igisirikari cy'iki gihugu, nubwo Ubudage butaremerera ibyo bihugu guha Ukraine izo ntwaro.

 Boris Pistorius yagize ati: "Nashishikariza byimazeyo ibihugu by'ibifatanyabikorwa bifite intwaro za Leopard byiteguye kuzoherezwa,gutoza ingabo za Ukraine kuri izo ntwaro".

Ibibyabitangarije mu kiganiro n'abanyamakuru cyabereye I Berlin, Ari hamwe na Jens Stoltenberg; Umuyobozi wa NATO.

Minisitiri Boris yavuze ko Ubudage buzafasha Ukraine kugeza igihe itsinze urugamba ihanganyemo n'Uburusiya.

Ati:" tuzafashwa Ukraine kugeza ubwo izaba itaratsinzwe, kugeza itsinze Uburusiya."

Anavuga ko " Ubudage buzabikora bitagendeye ku mufatanyabikorwa uwariwe wese, uretse Leta zunze ubumwe z'Amerika, kugira ngo yyirwaneho."

Pologne yoherereje Berlin ubusabe bwo kohereza intwaro za Leopard.

Guverinoma y'Ubudage iri ku gitutu cyo guha uburenganzira ibihugu bihuriye ku mugambi wo gufasha Ukraine mu rugamba irimo, bwo guha iki gihugu intwaro zikomeye za Leopard zakobwa n'Ubudage.

Izi ntwaro zasabwe na Ukraine kugira ngo ziyifashe guhangana ku rugamba ihanganyemo n'Uburusiya.

Minisitiri Boris Pistorius yavuze ko " ndumva impungenge n'ubwoba bw'ibihugu by'inshuti za Ukraine. Ubudage bufite inshingano n'umumaro wihariye."

"Ariko tugomba gutekereza neza kucyo tugiye gukora."

Yashimangiye ko bagomba kubanza gusuzuma bitonze kugira ngo bitazateza Berlin yonyine ibibazo.

Kur'uyu wa kabiri, Minisitiri w'ingabo w'Ubudage, Boris Pistorius, yahuye n'umunyamabanga Ihoraho wa NATO kugira ngo baganire kuri icyo kibazo.

Pologne na Finlande byari byatangaje ko byifuza koherereza Ukraine intwaro za Leopard ariko bisaba ko byemezwa na Leta ya Berlin.

Kugeza ubu, Chancelier w'Ubudage, Olaf Scholz, yanze kugira icyo avuga kur'icyo kibazo cyo kohereza izi ntwaro ziremereye mu buryo buziguye, cyangwa se kuba Ubudage ubwabwo bushobora kuzitanga buzikuye mu bubiko.

Pologne yongereye igitutu kuri Berlin, itangaza ko yohereje ubusabe ku mugaragaro i Berlin, mu gihe yizeza ko yiteguye kubikora itabanje kwemezwa n’umuturanyi wacyo utaramenyekana.

Minisitiri w’ingabo muri Polonye, ​​Mariusz Blaszczak, ku rubuga rwe rwa Twitter, yagize ati: "Ubudage bumaze kwakira ubusabe bwacu bwo kutwemerera kohereza intwaro za Leopard 2 muri Ukraine."

Boris Pistorius, yagize ati: "N'ubwo hari amakimbirane," nta kiruhuko kiri mu bufatanye. "

Yongeyeho ko "Niba icyemezo gifata umunsi umwe, cyangwa ibiri, niko bimeze."

 Jens Stoltenberg, Umuyobozi wa NATO,  yashimangiye ko nta bigaragaza ko Uburusiya bwahinduye intego zabwo mu rugamba bwashoye muri Ukraine, Kandi Ari intego zayo gufasha Ukraine gutsinda uru rugamba.

 

kwamamaza

“ibihugu-by’ibifatanyabikorwa byatangira guha imyitozo ingabo za Ukraine”: Ubudage

“ibihugu-by’ibifatanyabikorwa byatangira guha imyitozo ingabo za Ukraine”: Ubudage

 Jan 24, 2023 - 13:32

wwww

kwamamaza

Kugeza ubu ibihugu byo mu burengerazuba bw'isi buri ku gitutu cyo kohereza intwaro zikomeye i Kiev kugira ngo ziyifashe kwirwanaho no kuri da abaturage bayo bakomeje kwibagirwa n'ibitero b'Uburusiya.

Icyakora zimwe mu ntwaro zasezeranywe ko zizatangwa harimo izzlakozwe n'Ubudage zitwa Leopard, mugihe kuzitanga bisaba ko Ubudage biranga itara ry'icyatsi.

Icyakora kur'uyu wa kabiri, Minisitiri w’ingabo w’Ubudage, Boris Pistorius, yatangaje ko ibihugu byiyemeje gufasha Ukraine biyiha intwaro za Leopard bishobora gutangira guha imyitozo igisirikari cy'iki gihugu, nubwo Ubudage butaremerera ibyo bihugu guha Ukraine izo ntwaro.

 Boris Pistorius yagize ati: "Nashishikariza byimazeyo ibihugu by'ibifatanyabikorwa bifite intwaro za Leopard byiteguye kuzoherezwa,gutoza ingabo za Ukraine kuri izo ntwaro".

Ibibyabitangarije mu kiganiro n'abanyamakuru cyabereye I Berlin, Ari hamwe na Jens Stoltenberg; Umuyobozi wa NATO.

Minisitiri Boris yavuze ko Ubudage buzafasha Ukraine kugeza igihe itsinze urugamba ihanganyemo n'Uburusiya.

Ati:" tuzafashwa Ukraine kugeza ubwo izaba itaratsinzwe, kugeza itsinze Uburusiya."

Anavuga ko " Ubudage buzabikora bitagendeye ku mufatanyabikorwa uwariwe wese, uretse Leta zunze ubumwe z'Amerika, kugira ngo yyirwaneho."

Pologne yoherereje Berlin ubusabe bwo kohereza intwaro za Leopard.

Guverinoma y'Ubudage iri ku gitutu cyo guha uburenganzira ibihugu bihuriye ku mugambi wo gufasha Ukraine mu rugamba irimo, bwo guha iki gihugu intwaro zikomeye za Leopard zakobwa n'Ubudage.

Izi ntwaro zasabwe na Ukraine kugira ngo ziyifashe guhangana ku rugamba ihanganyemo n'Uburusiya.

Minisitiri Boris Pistorius yavuze ko " ndumva impungenge n'ubwoba bw'ibihugu by'inshuti za Ukraine. Ubudage bufite inshingano n'umumaro wihariye."

"Ariko tugomba gutekereza neza kucyo tugiye gukora."

Yashimangiye ko bagomba kubanza gusuzuma bitonze kugira ngo bitazateza Berlin yonyine ibibazo.

Kur'uyu wa kabiri, Minisitiri w'ingabo w'Ubudage, Boris Pistorius, yahuye n'umunyamabanga Ihoraho wa NATO kugira ngo baganire kuri icyo kibazo.

Pologne na Finlande byari byatangaje ko byifuza koherereza Ukraine intwaro za Leopard ariko bisaba ko byemezwa na Leta ya Berlin.

Kugeza ubu, Chancelier w'Ubudage, Olaf Scholz, yanze kugira icyo avuga kur'icyo kibazo cyo kohereza izi ntwaro ziremereye mu buryo buziguye, cyangwa se kuba Ubudage ubwabwo bushobora kuzitanga buzikuye mu bubiko.

Pologne yongereye igitutu kuri Berlin, itangaza ko yohereje ubusabe ku mugaragaro i Berlin, mu gihe yizeza ko yiteguye kubikora itabanje kwemezwa n’umuturanyi wacyo utaramenyekana.

Minisitiri w’ingabo muri Polonye, ​​Mariusz Blaszczak, ku rubuga rwe rwa Twitter, yagize ati: "Ubudage bumaze kwakira ubusabe bwacu bwo kutwemerera kohereza intwaro za Leopard 2 muri Ukraine."

Boris Pistorius, yagize ati: "N'ubwo hari amakimbirane," nta kiruhuko kiri mu bufatanye. "

Yongeyeho ko "Niba icyemezo gifata umunsi umwe, cyangwa ibiri, niko bimeze."

 Jens Stoltenberg, Umuyobozi wa NATO,  yashimangiye ko nta bigaragaza ko Uburusiya bwahinduye intego zabwo mu rugamba bwashoye muri Ukraine, Kandi Ari intego zayo gufasha Ukraine gutsinda uru rugamba.

kwamamaza